اَللَّهُمَّ إِنَّهُ لَيْسَ لِي عِلْمٌ بِمَوْضِعِ رِزْقِي وَ إِنَّمَا أَطْلُبُهُ بِخَطَرَاتٍ تَخْطُرُ عَلَى قَلْبِي فَأَجُولُ فِي طَلَبِهِ الْبُلْدَانَ‏

Mana Nyagasani! Mu by’ukuri nta bumenyi mfite bw’aho amafunguro yanjye aherereye nyashakisha gusa nkurikije gucyeka kuri mu mutima wanjye, njya kuyashakisha kure mu mijyi

Allahumma innahu laysa liy ilmun bimaw’dwu’i rizqiy wa innamaa at’lubuhu bikhataraatin takh’twuru alaa qalbiy fa’ajulu fiy twalabih albul’daana

فَأَنَا فِيمَا أَنَا طَالِبٌ كَالْحَيْرَانِ لاَ أَدْرِي أَ فِي سَهْلٍ هُوَ أَمْ فِي جَبَلٍ‏

Njye uyashaka mba meze nk’uwashobewe ntazi niba ari mu kibaya cyangwa se ari mu musozi

Fa’innaa fimaa anaa twaalibun kal’hayraani laa adriy a fiy sah’lin huwa am fiy jabalin

أَمْ فِي أَرْضٍ أَمْ فِي سَمَاءٍ أَمْ فِي بَرٍّ أَمْ فِي بَحْرٍ وَ عَلَى يَدَيْ مَنْ وَ مِنْ قِبَلِ مَنْ‏

Ntazi niba ari mu butaka cyangwa se mu kirere, ntazi niba ari i musozi cyangwa se mu nyanja, nta n’ubwo nzi ngo ari mu maboko yande cyangwa ngo azanyura kuri inde

Am fiy ardwin am fiy samaa’i am fiy barrin am fiy ba’rin wa alaa yaday man wa min qibali man

وَ قَدْ عَلِمْتُ أَنَّ عِلْمَهُ عِنْدَكَ وَ أَسْبَابَهُ بِيَدِكَ وَ أَنْتَ الَّذِي تَقْسِمُهُ بِلُطْفِكَ وَ تُسَبِّبُهُ بِرَحْمَتِكَ‏

Gusa icyo namenye ntashidikanya ni uko ubwo bumenyi ubufite, kandi n’impamvu zo kugera kuri ayo mafunguro ziri mu maboko yawe kandi ni nawe ugabagabanya ayo amafunguro ku bw’impuhwe zawe nk’uko ushyiraho n’impamvu zayo ku bw’ingabire zawe.

Wa qad alim’tu anna ilmuhu indaka wa as’baabahu biyadika wa na’ta alladhi taq’simuhu bilutw’fika wa tusabbibuhu birah’matika

اللَّهُمَّ فَصَلِّ عَلَى مُحَمَّدٍ وَ آلِهِ‏

Mana Nyagasani! Hundagaza amahoro n’imigisha ku ntumwa yawe Muhamad n’abiwe

Allahumma faswalli alaa Muhammadin wa aalihi

وَ اجْعَلْ يَا رَبِّ رِزْقَكَ لِي وَاسِعاً وَ مَطْلَبَهُ سَهْلاً وَ مَأْخَذَهُ قَرِيباً

Mana yanjye! Nyagurira amafunguro yanjye, unanyorohereze inzira yo kuyageraho unyegereze aho ari

waj’al yaa rabbi riz’qaka liy waass’an wa matw’labahu sah’lan wa ma’khadhahu qariban

وَ لاَ تُعَنِّنِي بِطَلَبِ مَا لَمْ تُقَدِّرْ لِي فِيهِ رِزْقاً

Ntutume ntakaza imbaraga mu byo utangeneyemo ifunguro

wa tu’anniniy bitwalabin maa lam tuqaddir liy fihi riz’qan

فَإِنَّكَ غَنِيٌّ عَنْ عَذَابِي وَ أَنَا فَقِيرٌ إِلَى رَحْمَتِكَ‏

Mu by’ukuri ntukeneye kumpana ahubwo nkeneye impuhwe zawe

Fa’innaka ghaniyu an adhaabiy wa anaa faqiiru ilaa rah’amtika

فَصَلِّ عَلَى مُحَمَّدٍ وَ آلِهِ وَ جُدْ عَلَى عَبْدِكَ بِفَضْلِكَ إِنَّكَ ذُو فَضْلٍ عَظِيمٍ‏

Hundagaza amahoro n’imigisha ku ntumwa yawe Muhamad n’abiwe, unagirire impuhwe umugaragu wawe ku neza yawe, kubera ko mu by’ukuri uri ugira neza bihambaye.

Faswali alaa Muhammadin wa aalihi wa jud alaa a’bdika bifadw’lika innaka dhuu fadw’lin adhwiimin

________________

-Mafaatihul Jinaan

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here