ICYO UMUSLAMU YAKORA AGATEZA IDINIYE IMBERE

Kimwe mu bibazo bikomereye isi yose muri rusange by’umwihariko umugabane wacu mwiza wa Africa ni ikibazo cy’intambara y’ubutita aho buri wese aba ashaka kwica imico gakondo cyangwa iyidini runaka bya bagenzi be mu rwego rwokubigarurira abakoresha icyo we ashaka.

Iyi ntambara y’ubutita iyo igeze ku bijyanye na madini yerekezwa kuri Islam burigihe maze natwe tukayiha ibyicaro aho usanga abasilamu duhora turwana dupfa ubusa cyangwa ugasanga abasilamu bakora ibikorwa bw’ubugandukira Mana arinako baminjiramo haram.

Urugero ni mu gihugu cyacu aho usanga abaislam bakora igikorwa kiza bihebuje cyo gushyingiranwa [hagati ya gore na gabo] ariko bakabikorana imiziki ya haram na…

Intumwa y’Imana Muhammad (saww) yaravuze ati:

إنِّي مَا أخَافُ عَلَي اُمَّتِي الْفَقْرَ  وَلکِنْ أخَافُ عَلَيْهِمْ سُوءَ التَّدْبِيرِ.

  “Mu by’ukuri mubintera ubwoba kuri Ummat yanjye ntabwo ari ubukene kuri yo ahubwo ikintera ubwoba kuri yo, ni ukudatekereza byimbitse kwayo.”

[📚 Awamil al- Aali um4 ur39]

Mu rwego rwokurinda Islam yacu nziza itagatifutse, Murabibona mute turamutse turetse amacakubiri buri wese akaba nk’uwirengagiza inyungu ze  bwite ku ntego yo kubaka Islam ?.

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here