Islamu nk’inzira itugeza kucyo twaremewe ihora itugira inama yo guhora twibuka urupfu.Niyo mpamvu usanga abantu bose bagendera kuri iyi nama ari abantu beza kuri bagenzi babo kandi burya baba ari na beza imbere yaย  Allah nta gushidikanya. Aba bantu bahora bashaka guhora bishimiwe na Allah mubyo bakora byose.

Umwe mu buzukuru b’Intumwa y’Imana Imam Sadjad(as) ati:

๐ŸŒนู‚ุงู„ูŽ ุนูŽู„ููŠู‘ู ุจู’ู†ู ุงูŽู„ู’ุญูุณูŽูŠู’ู†ู ุนูŽู„ูŽูŠู’ู‡ูู…ูŽุง ุงู„ุณู‘ูŽู„ุงูŽู…ู: ุฃูŽุฑู’ุจูŽุนูŒ ู…ูŽู†ู’ ูƒูู†ู‘ูŽ ูููŠู‡ู ูƒูŽู…ูŽู„ูŽ ุฅูุณู’ู„ุงูŽู…ูู‡ู ูˆูŽ ู…ูุญู‘ูุตูŽุชู’ ุนูŽู†ู’ู‡ู ุฐูู†ููˆุจูู‡ู ูˆูŽ ู„ูŽู‚ููŠูŽ ุฑูŽุจู‘ูŽู‡ู ุนูŽุฒู‘ูŽ ูˆูŽ ุฌูŽู„ู‘ูŽ ูˆูŽ ู‡ููˆูŽ ุนูŽู†ู’ู‡ู ุฑูŽุงุถู ู…ูŽู†ู’ ูˆูŽููŽู‰ ู„ูู„ู‘ูŽู‡ู ุนูŽุฒู‘ูŽ ูˆูŽ ุฌูŽู„ู‘ูŽ ุจูู…ูŽุง ูŠูŽุฌู’ุนูŽู„ู ุนูŽู„ูŽู‰ ู†ูŽูู’ุณูู‡ู ู„ูู„ู†ู‘ูŽุงุณู ูˆูŽ ุตูŽุฏูŽู‚ูŽ ู„ูุณูŽุงู†ูู‡ู ู…ูŽุนูŽ ุงูŽู„ู†ู‘ูŽุงุณู ูˆูŽ ุงูุณู’ุชูŽุญู’ูŠูŽุง ู…ูู†ู’ ูƒูู„ู‘ู ู‚ูŽุจููŠุญู ุนูู†ู’ุฏูŽ ุงูŽู„ู„ู‘ูŽู‡ู ูˆูŽ ุนูู†ู’ุฏูŽ ุงูŽู„ู†ู‘ูŽุงุณู ูˆูŽ ุญูŽุณูู†ูŽ ุฎูู„ูู‚ูู‡ู ู…ูŽุนูŽ ุฃูŽู‡ู’ู„ูู‡ู.

“Uzitwararika kuri ibi bine, ubuislamu bwe buzaba bwuzuye kandi azababarirwa ibyaha bye no mugihe azahura na Allah azaba yishimiwe na we.

  1. Uzuzuza isezerano yagiranye na mugenzi we kubera Imana.
  2. Uzaba umunyakuri kuri bagenzi be.
  3. Uzagirira Imana isoni kuri buri gicumuro.
  4. Uzagira imico myiza ku muryango we.”

 

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here