Impamvu abenshi mu bantu dusaba Imana ikintu ntikiduhe nuko yo iba igirango idutware uko ibishaka cyangwa ikabikora mu rwego rwo kutugerageza…Ariko akenshi twe abantu nitwe mpamvu  yokudahabwa kuko tubatutagendeye mu nzira twashyiriweho na yo mu kuyisaba. Intumwa y’Imana Muhammad (saww) yaravuze ati:

وَالَّذِي لَا إِلَهَ إِلَّا هُوَ مَا أُعْطِيَ مُؤْمِنٌ قَطُّ خَيْرَ الدُّنْيَا وَالْآخِرَةِ إِلَّا بِحُسْنِ ظَنِّهِ بِاللَّهِ وَرَجَائِهِ لَهُ وَ حُسْنِ خُلُقِهِ وَ الْكَفِّ عَنِ اغْتِيَابِ الْمُؤْمِنِينَ‌.

“Ndahiye Imana yo ntay’indi iriho uretse yo  ko nta mwemera mana uhabwa ikiza hano kw’isi cyangwa ku munsi w’imperuka uretse kubwo kuyicyecyera ibyiza kwe, kubwo kuyizera kwe, kubwo kugira imico myiza kwe  no kubwo kureka kuvuga umwemera Mana.”

[📚wasa’il al- shia: um 15، urp230]

Kuvuga amagambo atameshe birimo no kuvuga bagenzi bacu ni impamvu ituma mu kanwa kacu handura kandi Imana ntiyakira ubusabe buvuye mu kanwa kanduye.

 

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here