أَیْنَ الرَّجَبِیُّونَ؟
Barihe ab’ukwezi kwa Radjab?

Umwuzukuru w’Intumwa y’Imana Imam Swadiq (as)ati:

 وَ قَالَ الصَّادِقُ ع إِذَا کَانَ یَوْمُ الْقِیَامَةِ نَادَی مُنَادٍ فِی بُطْنَانِ الْعَرْشِ أَیْنَ الرَّجَبِیُّونَ فَیَقُومُ أُنَاسٌ یُضِیءُ وُجُوهُهُمْ لِأَهْلِ الْجَمْعِ عَلَی رُءُوسِهِمْ تِیجَانُ الْمَلِکِ مُکَلَّلَةً بِالدُّرِّ وَ الْیَاقُوتِ مَعَ کُلِّ وَاحِدٍ مِنْهُمْ أَلْفُ مَلَکٍ عَنْ یَمِینِهِ وَ أَلْفُ مَلَکٍ عَنْ یَسَارِهِ……. ثُمَّ قَالَ جَعْفَرُ بْنُ مُحَمَّدٍ ع هَذَا لِمَنْ صَامَ شَیْئاً مِنْ رَجَبٍ وَ لَوْ یَوْماً وَاحِداً فِی أَوَّلِهِ أَوْ فِی وَسَطِهِ أَوْ فِی آخِرِه

“Ku munsi w’imperuka umuhamagazi wo muri arshi azahamagara agira ati: “BARIHE AB’UKWEZI KWA RADJAB?” maze hahite haza abantu bafite uburanga burabagirana bambaye amakamba nk’ay’abami ku mitwe yabo akoze muri durru na yaquut [ayo yombi ni amabuye y’agaciro] kandi buri umwe muri abo azaba akikijwe n’abamalayika igihumbi iburyo n’abandi igihumbi ibumoso…

Imam (as) akomeza avuga ati:
“Aba ni abasibye ikintu mu kwezi kwa Radjabu kabone n’iyo yaba ari umunsi umwe gusa mu ntangiriro zako cyangwa mo hagati cyangwa mu mpera zako.”

📚 wasa’il shia   umz7  urp 355.

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here