Amategeko yo kwiherera

1) Ni itegeko ko umuntu uri mu bwiherero ndetse n’ahandi ahisha abandi ubwambure bwe yaba kubo bafitanye isano ndetse no ku bana bato bazi gutandukanya ikibi n’icyiza, uretse ku mugore n’umugabo bashakanye.

2) Umuntu uri kwiherera ntabwo agomba kuba yerekeye Qiblat ngo igituza n’inda bibe biherekeye, nta n’ubwo agomba kuba ayiteye umugongo.

Uretse amazi gusa ntakindi kintu gishobora kuba cyasukura ahantu hasohokeye umwanda muto (inkari), naho ahasohokeye umwanda munini (amazirantoki) ushobora kuba wakoresha igitambaro, impapuro z’isuku, ibuye, cyangwa se n’ibindi nkabyo, ariko ibyo byose bigomba kuba byumutse kandi bidafite umwanda (najis).

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here