Mu gitabo cyahawe Intumwa Muusa (tawrat) hari aho Allah yamubwiye ati:

يَابْنَ عِمْرانَ! كَذِبَ مَنْ زَعَمَ اَنَّهُ يُحِبُّنى، فَاِذا جَنَّهُ اللَّيْلُ نامَ عَنّى. اَلَيسَ كُلُّ مُحِبٍّ يُحِبُّ خَلْوَةَ حَبيبهِ؟

“Yewe mwene I’imran! Ni umubeshyi wawundi uvugako ankunda maze yabona ijoro riguye akiryamira agaherayo. Ese buri ukunda wese ntakenera akanya kihariye ko kuganira n’umukunzi we?.”

📚Djawahiru al- Saniyyah, Urp 50.

 

Mu by’ukuri birakwiye ko dufata umwanya wo kwihererana n’Umukunzi wacu, Umuremyi wacu, ibi ariko tubigeraho ari uko twiusuzumye tukareba isano iri hagati yacu n’Umuremyi wacu, bizatuma tuvumbura kandi tukamenya neza urukundo n’impuhwe adufitiye kandi bidufashe kumva neza inshingano zacu kuri we kugirango urwo rukundo rwe kuri twe rwiyongere ndetse tunoze umubano na we.

Iyi ni hadith ngufi ariko ihishe kandi ibumbatiye inyigisho ikomeye ku rwego rukomeye cyane!

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here