IDUWA ISOMWA KUWA MBERE

بِسْمِ ٱللَّهِ ٱلرَّحْمٰنِ ٱلرَّحِيم

BISMILLAHI AL-RAHMANI AL-RAHIIM

K’izina ry’Imana Nyir’impuhwe Nyir’imbabazi

الْحَمْدُ لِلَّهِ ٱلَّذِي لَمْ يُشْهِدْ أَحَداً

ALHAMDU LILLAHI ALADHI LAM YUSH’HID AHADAN

Ishimwe n’ikuzo bikwiye Allah we utarakeneye inkunga y’uwariwe wese

حِيـنَ فَطَرَ ٱلسَّمَاوَاتِ وَٱلأَرْضَاَ

HIINA FATARA AL-SAMAWAATI WAL-ARDHI

ubwo yatangizaga ukubaho kw’ibirere n’isi,

وَلاَ ٱتَّخَذَ مُعِيناً حِيـنَ بَرَأَ ٱلنَّسَمَاتِ

WALA TAKHADHA MU’INAN HIINA BARA-A AL-NNASAMAATI

Kandi ntawe yifashishije ubwo yayoboraga imiyaga

ولَمْ يُشَارَكْ فِي ٱلإِلٰهِيَّةِ

WA LAM YUSHAARIK FII AL-ILAAHIYAT

Ntawubangikanye nawe mu bumana

وَلَمْ يُظاهَرْ فِي ٱلْوَحْدَانِيَّةِ

LAM YUDHAAHAR FII AL-WAHDAANIYAT

Kandi nta mufasha mu bumwe

صِفَتِهِ غَايَةِ عَنْ ٱلأَلْسُنُ كَلَّتِ

SIFATIH GHAAYAT AN AL ALSUNU KALLAT

Indimi zananiwe kumvikanisha ibigwi bye

وَٱنْحَسَرَتِ مَعْرِفَتِهِ كُنْهِ عَنْ ٱلْعُقُولُ

WANHASARATI MA’ARIFATIH KUN’HI AN AL UQUUL

N’ubwenge bwananiwe kugera aho kumumenya

لِهَيْبَتِهِ ٱلْجَبَابِرَةُ  وَتَوَاضَعَتِ

WA TAWADHA`ATI LIHAYBATIHI AL-JABABIRATU

Ibihangange by’ubwibone byacishijwe bugufi n’igitinyiro cye

  وَعَنَتِ ٱلْوُجُوهُ لِخَشْيَتِهِ

WA `ANATI AL-WUJUHU LIKHASH’YATIHI

Maze uburanga nabwo bukajya hasi kubwo kumutinya

وَٱنْقَادَ كُلُّ عَظِيمٍ لِعَظَمَتِهِ

WANQADA KULLU `ADHIMIN LI`ADHAMATIHI

Kandi na buri gihambaye gicira bugufi ubuhambare bwe

فَلَكَ ٱلْحَمْدُ مُتَوَاتِراً مُتَّسِقاً

FALAKA AL-HAMDU MUTAWATIRAN MUTTASIQAN

Ukwiye uruhuri rw’ibisingizo byuzuye

وَمُتَوَالِياً مُسْتَوْسِقاً

WA MUTAWALIYAN MUSTAWSIQAN

Bidaciwemo n’icyari cyo cyose bihamye

وَصَلَوَاتُهُ عَلَىٰ رَسُولِهِ أَبَدا

WA SALAWATUHU `ALA RASULIHI ABADAN

Imigisha ye ni isakare ku ntumwa ye iteka ryose

وَسَلامُهُ دَائِماً سَرْمَداً

WA SALAMUHU DAA’IMAN SARMADAN

N’amahoro ye ibihe byose iteka ryose

اَللَّهُمَّ ٱجْعَلْ أَوَّلَ يَوْمِي هٰذَا صَلاَحا

ALLAHUMMA IJ`AL AWWALA YAWMI HADHA SALAHAN

Mana Nyagasani! Intangiriro z’uyu minsi wanjye zigire nziza

وَ أَوْسَطَهُ فَلاَحا

WA AWSATAHU FALAHAN

No hagati hawo uwushyiremo ibyishimo

وَآخِرَهُ نَجَاحاً

WA AKHIRAHU NAJAHAN

N’impera zawo uzigire ubutabazi

وَ أَعُوذُ بِكَ مِنْ يَوْمٍ اَوَّلُهُ فَزَعٌ

WA A`UDHU BIKA MIN YAWMIN AWWALUHU FAZA`UN

Kandi Mana nkwikinzeho ngo undinde umunsi utangirana igisebo

وَ أَوْسَطُهُ جَزَعٌ

WA AWSATUHU JAZA`UN

No hagati hawo ukuneshwa

وَآخِرُهُ وَجَعٌ

WA AKHIRUHU WAJA`UN

No ku mpera zawo umubabaro

اَللَّهُمَّ إِنِّي أَسْتَغْفِرُكَ لِكُلِّ نَذْرٍ نَذَرْتُهُ

ALLAHUMMA INNI ASTAGHFIRUKA LIKULLI NADHARIN NADHARTUHU

Mana Nyagasani! Nkwicujijeho kuri buri muhigo nahize

وَلِكُلِّ وَعْدٍ وَعَدْتُهُ

WA LIKULLI WA`ADIN WA`ADTUHU

No kuri buri sezerano nasezeranyije

وَلِكُلِّ عَهْدٍ عَاهَدْتُهُ

WA LIKULLI `AHDIN `AHADTUHU

No kuri buri ntego nateze

ثُمَّ لَمْ أَفِ لَكَ بِهِ

THUMMA LAM UFI LAKA BIHI

Ariko simbyubahirize

وَ أَسْأَلُكَ فِي مَظَالِمِ عِبَادِكَ عِنْدِي

WA AS’ALUKA FI MADHALIMI `IBADIKA `INDI

Mana Nyagasani! Nkwicujijeho ku bw’ukuri kw’abagaragu bawe kundiho

فَأَيُّمَا عَبْدٍ مِنْ عَبِيدِكَ

FA AYYUMA `ABDIN MIN `ABIDIKA

Mu by’ukuri niba hari umugaragu mu bagaragu bawe

أَوْ أَمَةٍ مِنْ إِمَائِكَ

AW AMATIN MIN IMA’IKA

Cyangwa umuja wawe

كَانَتْ لَهُ قِبَلِي مَظْلَمَةٌ ظَلَمْتُهَا إِيَّاهُ

KANAT LAHU QIBALI MADH’LAMATU DHALAMTUHA IYYAHU

Mfitiye umwenda w’amahugu naba naramuhuguje

فِي نَفْسِهِ أَوْ فِي عِرْضِهِ

FI NAFSIHI AW FI `IRDHIHI

Mu bijyanye n’ibye ku giti cye cyangwa ku cyubahiro cye

أَوْ فِي مَالِهِ أَوْ فِي أَهْلِهِ وَوَلَدِهِ

AW FI MALIHI AW FI AHLIHI WA WALADIHI

Cyangwa ku mitungo ye cyangwa kurushako no ku rubyaro rwe

أوْ غِيبَةٌ ﭐغْتَبْتُهُ بِهَا

AW GHIBATIN IGHTABTUHU BIHA

Cyangwa nkaba naramuvuze mu buryo budakwiye,

أَوْ تَحَامُلٌ عَلَيهِ بِمَيْلٍ أَوْ هَوًىٰ

AW TAHAMULUN `ALAYHI BIMAYLIN AW HAWAN

Cyangwa naragize ibyo mushyiraho atakoze mbitewe n’amarangamutima mabi,

أَوْ أَنَفَةٍ أَوْ حَمِيَّةٍ

AW ANAFATIN AW HAMIYYATIN

Cyangwa mbitewe n’agasuzuguro, cyangwa n’ishyari,

أَوْ رِيَاءٍ أَوْ عَصَبِيَّةٍ

AW RIYA’IN AW `ASABIYYATIN

Cyangwa kwigaragaza ku bantu, cyangwa mbitewe n’umujinya,

غَائِباً كَانَ أَوْ شَاهِداً

GHA’IBAN KANA AW SHAHIDAN

Ahari cyangwa adahari,

وَحَيّاً كَانَ أَوْ مَيِّتاً

WA HAYYAN KANA AW MAYYITAN

Ari muzima cyangwa yarapfuye,

فَقَصُرَتْ يَدِي

FAQASURAT YADI

Mu by’ukuri sinabashije kwishyura ukuri kwe

وَضَاقَ وُسْعِي عَنْ رَدِّهَا إِلَيْهِ

WA DHAQA WUS`IY `AN RADDIHA ILAYHI

Kandi nagowe no kukumwishyura

وَٱلتَّحَلُّلِ مِنْهُ

WATTAHALLULI MINHU

No kumwigobotora

فَأَسْأَلُك يَا مَنْ يَمْلِكُ ٱلْحَاجَاتِ

FA AS’ALUKA YA MAN YAMLIKU AL-HAJATI

Ndagusaba yewe mugenga w’ibyifuzo by’abamusaba

وَهِيَ مُسْتَجِيبَةٌ بِمَشِيَّتِهِ

WA HIYA MUSTAJIBATUN LIMASHI’ATIHI

Ukaba n’ubisubiza ku bushake bwe

وَمُسْرِعَةٌ إِلَىٰ إِرَادَتِهِ

WA MUSRI`ATUN ILAA IRADATIHI

N’uwihutira kugera ku cyo ashaka

أَنْ تُصَلِّيَ عَلَىٰ مُحَمَّدٍ وَآلِ مُحَمَّدٍ

AN TUSALLIYA `ALAA MUHAMMADIN WA AALI MUHAMMADIN

Ko wahundagaza amahoro n’imigisha kuri Muhammad n’abe

وَأَنْ تُرْضِيَهُ عَنِّي بِمَا شِئْتَ

WA AN TURDIYAHU `ANNI BIMA SHI’TA

Kandi ungenze uko ushaka mu mwanya we

وَتَهَبَ لِي مِنْ عِنْدِكَ رَحْمَةً

WA TAHABA LI MIN `INDIKA RAHMATAN

Kandi utume njyerwaho n’impuhwe zawe

إِنَّهُ لاَ تَنْقُصُكَ ٱلْمَغْفِرَةُ

INNAHU LA TANQUSUKA ALMAG’HFIRATU

Kuko mu by’ukuri ntujya ugabanukirwa n’ibambe

وَلاَ تَضُرُّكَ ٱلْمَوْهِبَةُ

WA LA TADHURRUKA ALMAWHIBATU

Kandi ntuyegayezwa n’icyaricyo cyose

يَا أَرْحَمَ ٱلرَّاحِمِينَ

YA ARHAMA ARRAHIMINA

Yewe munyempuhwe kurusha bose/byose

اَللَّهُمَّ أَوْلِنِي فِي كُلِّ يَومِ ٱثْنَيْنِ

ALLAHUMMA AWLINI FI KULLI YAWMI ITHNAYNI

Mana Nyagasani! Ndasabako kuri buri wambere wajyaza umpa

نِعْمَتَيْنِ مِنْكَ ثِنْتَيْنِ

NI`MATAYNI MINKA THINTAYNI

Ingabire ebyiri zikuvuyeho

سَعَادَةً فِي أَوَّلِهِ بِطَاعَتِكَ

SA`ADATAN FI AWWALIHI BITA`ATIKA

Ingabire yo kukumvira mu ntangiriro zawo

وَنِعْمَةً فِي آخِرِهِ بِمَغْفِرَتِكَ

WA NI`MATAN FI AKHIRIHI BIMAHGFIRATIKA

N’umugisha wo kubabarirwa mu mpera zawo

يَا مَنْ هُوَ ٱلإِلٰهُ

YA MAN HUWA AL-ILAHU

Yewe Mana!

وَلاَ يَغْفِرُ ٱلذُّنُوبَ سِوَاهُ

WA LA YAGHFIRU ALDHDHUNUBA SIWAHU

Kandi ntawe ubabarira ibyaha utari wowe

Tanga igitekerezo

Please enter your comment!
Please enter your name here