test

Ese biremewe kurogesha umuntu mu rwego rwo kwihorera?

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM Ikibazo: Ese kurogesha umuntu waguhemukiye agapfa cyangwa ukamugira umusazi biremewe mu idini? Igisubizo: Ntabwo byemewe. Ubusobanuro: - Kwica umuntu ntabwo byemewe n'amategeko y'idini kabone n'ubwo yaba yarakwiciye, ibijyanye no guhora no guhana byose bifite uko bikorwa hagendewe...

Inenge zituma umugore n’umugabo bemererwa gusesa amasezerano y’abashakanye

0
Abamenyi (marajiu) b'idini aribo Ayatullah Sistani, Makarem Shirazi na Imamu Khamenei: Bavuga ko iyo umugabo cyangwa umugore umwe muri bo asanze undi yari afite inenge zikomeye mbere yo gusezerana kandi umwe akaba atari yarabibwiye undi...

Watwan (ubuturo) ni iki? Ifite ayahe mategeko?

1
Watwan ni iki? Watwan (aho umuntu aba cyangwa inkomoko) ni ahantu umuntu ubwe yihitiyeho kuba, haba aho yavukiye, aho ababyeyi be baba cyangwa se aho yahisemo nyuma amaze gukura. IKIBAZO Nigute ahantu umuntu yavukiye habarwa ko ariho...

Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous?

0
IKIBAZO Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous? IGISUBIZO Ku muntu wakoze urugendo rwo mu kirere n'indege kugere kuri had trakhous biroroshye cyane kandi ahita ayigeraho vuba. Had trakhous yo...

Ese iyo umuntu atarakoze amasengesho ari mu rugendo, nagera mu rugo azayishyura ayagabanyijemo kabiri...

0
IKIBAZO Ese iyo umuntu wakoze urugendo(rwujuje ibisabwa) atakoze amasengesho akiri mu rugendo, nagera aho aturuka azayishyura ayagabanyijemo kabiri (aha ni ku masengesho agira rakat enye) cyangwa azayasenga nkuko asanzwe ayasenga iyo ari murugo? Naba se...

Ese kwikomeretsa ku munsi wa Ashura byaba biri mu myemerere y’abashia koko?

2
Ni kenshi twagiye tubona ku mbuga nkoranyambaga amafoto n'amavideo y'abantu bikomeretsa maze tukabwirwa ko ari imwe mu myemerere y'abitwa abashia, rero wowe ufite amatsiko yo kumenya ukuri nyako ku bijyanye n'ibi bivugwa; wareba iyi...

Taqlid bishatse kuvuga iki?

  -IKIBAZO Taqlid niki? -IGISUBIZO Mu myemerere ya kislamu tugomba gukora cyangwa kubahiriza amategeko ya Allah uko yayashyizeho.Kugirango umuntu yubahirize ayo mategeko rero,nuko agomba kuba ayazi.Amategeko ya Allah ashakirwa muri Qoran no muri Sunat z’intumwa y’Imana Muhammad (saww).Ntago...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka