test

Nimubona ibi bintu byeze muzamenye ko muri mu minsi ya nyuma

0
IBIHE BYA NYUMA Ubwo umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad s Imam Swadiq as yarimo abwira umunyeshuriwe ibizaranga ibihe bya nyuma, hari aho yageze aramubwira ati: "Igihe ibi bizaba byafashe indi ntera byashyizwe ku rwego rukomeye nta...

Nimujye kwaka ibihembo byanyu babandi mwiyerekaga mu isi

0
IBANGIKANYAMANA RITO Intumwa y'Imana Muhammad (s) yaravuze ati: إِنَّ أَخْوَفَ مَا أَخَافُ عَلَيْكُمُ اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ قَالُوا وَ مَا اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ يَا رَسُولَ اَللَّهِ قَالَ اَلرِّيَاءُ يَقُولُ اَللَّهُ عَزَّ وَ جَلَّ يَوْمَ اَلْقِيَامَةِ إِذَا جَازَى اَلْعِبَادَ بِأَعْمَالِهِمْ...

Ngiri ibangikanyamana ritagombera gusenga izuba, ukwezi cyangwa ibindi bigirwamana

0
GUKUNDA IBYUBAHIRO N'UBUTEGETSI Kimwe mu bintu bikomeye bamwe mu bana ba Adam bahura nabyo hano ku isi ni ukugira uburwayi bw'amarangamutima yihishe aganisha ku kwigomeka kuri Allah ashingiye ku gukunda ibyubahiro n'ubutegetsi. Idini ritagatifutse rya islam...

Ni gute bazaba mu muriro iteka ryose kandi barabayeho igihe gito mu isi?

0
IKIBAZO Ubwose ni ubuhe butabera burimo mu kuba abantu bazaba mu ijuru cyangwa mu muriro iteka ryose kandi barabaye ku isi agahe gato? IGISUBIZO Umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Swadiq (as) yaravuze ati: إنما خلد أهل النار...

Gabanya ibitotsi, byazakugira umukene kuri wa munsi abantu bazaba bakeneye ibikorwa byabo…

0
Ubwo umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Imam Swadiq (as) yarimo agira inama umuswahaba we wamenyekanye kw'izina rya "mwene djundab" hari aho yageze aramubwira ati:یَا ابْنَ جُنْدَبٍ أَقِلَّ النَّوْمَ بِاللَّیْلِ وَ الْکَلَامَ بِالنَّهَارِ- فَمَا فِی الْجَسَدِ شَیْ‏ءٌ...

Ese ni wowe wiremye, utunganya umubiri wawe, unishyiramo roho?

0
Yewe muntu! Mu by’ukuri... Muri hadith al Qudus Allah (swt) aragira ati: أأنت خلقت نفسك، وسويت جسمك، ونفخت روحك إن كنت فعلت ذلك. وأنت النطفة المهينة، والعلقة المستضعفة، والجنين المصرور في صرة، فأنت الان في كمال أعضائك...

Gusura amarimbi y’abemeramana bituma twunga ubumwe na bo kandi natwe bikaduhesha ibyiza byinshi

0
Umuco wo gusura amarimbi y’abemeramana Imam Musa bn Jafar(a.s) yaravuze ati “umuntu udafite ubushobozi bwo kudusura, ajye asura amarimbi y’abemeramana kandi b’abakunzi bacu kugirango yandikirwe ibihembo bingana n’ibyo kudusura…” Gusura amarimbi y’abavandimwe bacu bitabye Imana, ni...

Gutanga inguzanyo itunguka biruta gutanga isadaqa-Hadith

0
GUTANGA INGUZANYO BIRUTA GUTANGA ISADAQA Intumwa y'Imana Muhammad (sallallahu alayhi wa aalih) yaravuze ati: رَاَيْتُ لَيْلَةً اُسْرِىَ بى عَلى بابِ الْجَنَّةِ مَكْتُوبا اَلصَّدَقَةُ بِعَشْرِ اَمْثالِها وَالْقَرْضُ بِثَمانِيَةَ عَشْرٍ، فَقُلْتُ: يا جَبْرَئِيلُ مابالُ الْقَرْضِ اَفْضَلُ مِنَ الصَّدَقَةِ؟...

Ibihe bibi kurusha ibindi, ab’igitsina gore bazaba batakikwiza, bambara ubusa, idini barayiteye umugongo…

0
IBIMENYETSO BYO KURANGIRA KW'ISI Uwitwa al-Asbaghu mwene Nubatat abikuye ku muyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam ) yavuze ko yumvishe avuga ngo: يَظْهَرُ فِي آخِرِ اَلزَّمَانِ وَ اِقْتِرَابِ اَلسَّاعَةِ وَ هُوَ شَرُّ اَلْأَزْمِنَةِ نِسْوَةٌ...

Umuntu abaho ari muzima cg ari umupfu || muri barzakh abashahidi baba bafite ubuzima...

0
MA'AAD - UMUZUKO   Niba warakurikiye igice cya mbere cy'iri somo, ubushize twacumbikiye aho twavugaga ko: *Ukubaho kwa muntu gukubiye mu byiciro bine byigaragariza mu buryo bubiri. *Gufpa bidasobanura kuvaho burundu. *Umuntu ari ikiremwa gihoraho. Ibyo bikaba bigaragara muri ayat...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka