asd

Ishyari ni iki? Menya ishyari n’ingaruka zaryo

0
  Umunyeshyari!!!. Kugira ishyari ni kimwe mu byaha binini (bikomeye) imbere ya Allah (swt).Kugira ishyari ni kwakundi umuntu aba yumva imigisha n'ingabire bifitwe na mugenzi we byamuvaho bikagenda kabone nubwo bitamuzaho. Umunyeshyari rimwe na rimwe usanga...

Ese waruziko Islamu itugira inama yo kubaha abafasha bacu? Sobanukirwa

0
Kubaha abafasha bacu hamwe n'umuryango wose muri rusange ni ikintu cyahawe agaciro kandi kitabwaho  cyane mu idini yacu rya Islam kuko ari yo soko y'ibyiza byose kandi akaba ari nayo soko y'ubwangizi bwose. Intumwa...

Izi nama tugirwa na islamu ntizigucike

0
  Islamu nk'inzira itugeza kucyo twaremewe ihora itugira inama yo guhora twibuka urupfu.Niyo mpamvu usanga abantu bose bagendera kuri iyi nama ari abantu beza kuri bagenzi babo kandi burya baba ari na beza imbere ya ...

Impanuro ku bemeramana!

0
IZERE IMANA GUSA Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (saww) we Imam Baqir (as)yaravuze ati: وَ قَالَ اَلْبَاقِرُ عَلَيْهِ اَلسَّلاَمُ مَنْ تَوَكَّلَ عَلَى اَللَّهِ لاَ يُغْلَبُ وَ مَنِ اِعْتَصَمَ بِاللَّهِ لاَ يُهْزَمُ. "Uwizeye Imana ntajya atsindwa...

Dore ubugandukira Mana bukunzwe cyane kurusha ubundi

0
Ubugandukira Mana bukunzwe cyane kurusha ubundi ni ubuhe?! Muri Hadith izwi ku izina rya "MI'IRAJ" umuyobozi w'abemera Mana Ali mwene Abitalib (as) yavuze ko Imana yabwiye Intumwa yayo (saww) iti: «... يا أحمَدُ، لَيسَ شَيءٌ مِنَ...

Ikizakwereka ko wishimiwe n’Imana

0
Ni ikihe kimenyetso cyanyereka ko nishimiwe n'Imana? رُويَ أنّ موسى عليه السلام قالَ: يا رَبِّ أخبِرْني عن آيَةِ رِضاكَ عن عَبدِكَ ، فَأوحَى اللّه ُ تعالى إلَيهِ: إذا رَأيتَني اُهَيِّئُ عبدِي لطاعَتِي وأصرِفُهُ عن مَعصِيَتي...

Kugira ishyari ni kimwe mu byaha binini (bikomeye) imbere ya Allah (swt)

0
Kugira ishyari ni kimwe mu byaha binini (bikomeye) imbere ya Allah (swt) Kugira ishyari ni kwakundi umuntu aba yumva imigisha n'ingabire bifitwe na mugenzi we byamuvaho bikagenda kabone nubwo bitamuzaho. Umunyeshyari rimwe na rimwe usanga anakorana...

Kwibuka urupfu bituma tuba abeza imbere y’Imana

0
  Kwibuka urupfu bituma tuba abeza imbere y'Imana Islam nk'inzira itugeza kucyo twaremewe ihora itugira inama yo guhora twibuka urupfu niyo mpamvu usanga abantu bose bagendera kuri iyi nama ari abantu beza kuri bagenzi babo kandi...

Menya ibyo ugomba mugenzi wawe

1
Menya ibyo ugomba mugenzi wawe Iyo havuzwe ukuri kw'abadi,  abantu benshi duhita twumva ibijyanye n'imitungo ariko nyamara ntabwo ari yo gusa ahubwo no kuba wasebya, wavuga,  wavutsa ubuzima na ....  nabyo byinjira muri iki kintu...

Inkuru no. 2: Ikiganiro gitangaje cyane hagati ya imam Swadiq na Abu Hanifa

0
Umunsi umwe Abu Hanifa (umwe mu ba-imam b'abasuni) yaje mu rugo kwa Imam Swadiq (imam wa gatandatu w'abaislam b'abashia) kugira ngo ahure nawe, maze yaka uruhushya rwo guhura nawe Imam ntiyarumuha. Abu Hanifa arivugira...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka