test

Abbas bn Aliy yari muntu ki?

0
  INTWARI HAZRAT ABBAS MWENE ALI MWENE ABI TALIB (as) Abul Fadhil Abbas (as)  ni umuhungu w'umuyobozi wa bemera nyuma y'Intumwa Muhammad (s) Ali mwene Abu talib (as) nyina umubyara ni intungane ya menyekanye cyane kw'izina...

Incamake ku buhambare n’agaciro by’ukwezi kwa Rajab

0
Intumwa y'Imana (swalallahu ayayhi)yaravuze iti:Ukwezi kwa Rajab ni ukwezi gukomeye kw'Imana kandi ibyiza bikurimo ntiwabivuga ngo ubirangize, kurwana n'abahakanyi muri uku kwezi byarajiririjwe, Rajab ni ukwezi kwa Allah naho ukwezi kwa  Sha'aban kukaba ukwezi...

Ni gute intera irihagati y’ukuri n’ikinyoma ingana n’intoki enye gusa?

0
INTERA IRI HAGATI Y'UKURI N'IKINYOMA Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (as) yaravuze ati: اَما اِنَّهُ لَيْسَ بَيْنَ الْحَقِّ وَ الْباطِلِ اِلاّ اَرْبَعُ اَصابِـعَ - فَسُئِلَ عَنْ مَعْنىقَولِهِ هذا، فَجَمَعَ اَصابِعَهُ وَ وَضَعَها بَيْنَ اُذُنِهِ وَ...

Ibikorwa byihariye bikorwa ku munsi w’itabaruka rya imam Ridhwa a.s

0
Inna lillahi wa inna ilayhi rajiuna IBI NI BIMWE MU BIKORWA NGANDUKIRAMA BIKORWA MU IJORO RY'ITABARUKA RYA IMAM RIDHWA ALAYHI SALAAM 1. Gutanga iswadaqah 2. Gukora Ghusl 3. Gukora swalawatu ya Imam Ridhwa (as) اللهّمَ صَلّ عَلی عَلی بنْ...

Rasulullah – Husein ava muri njye nanjye nkava muri Husein – ahlu sunnat

0
Imam Hussain (as) muri Madhehebu ya sunni Umuswahaba w'Intumwa y'Imana Muhammad (s) witwaga Ya'ala al A'amiriy yaravuze ati: حَدَّثَنَا عَفَّانُ، قَالَ: حَدَّثَنَا وُهَیْبٌ، عَنْ عَبْدِ اللَّهِ بْنِ عُثْمَانَ، عَنْ سَعِیدِ بْنِ اَبِی رَاشِدٍ، عَنْ یَعْلَی الْعَامِرِیِّ،...

Hora ceceka kuko nta munsi uzakomerera abantu nk’umunsi wawe yaa Aba Abdillah

0
Ubwo Imam Hussain (as) yabonaga mukuru we Imam Hassan (as) arimo yunama amaraso y'ibyo munda akameneka kubera uburozi bw'igikatu yahawe na Muawiyat mwene Abi Sufiyani, Imam Hussain (as) yagize agahinda maze ararira nuko mukuruwe...

Dore icyo usabwa gukora niba wifuza gusabirwa n’abamalayika

0
Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Zaynul al Abidiina (as) yaravuze ati: إن الملائكة إذا سمعوا المؤمن يدعو لأخيه المؤمن بظهر الغيب أو يذكره بخير قالوا نعم الأخ أنت لأخيك تدعو له بالخير وهو...

Nimujye kwaka ibihembo byanyu babandi mwiyerekaga mu isi

0
IBANGIKANYAMANA RITO Intumwa y'Imana Muhammad (s) yaravuze ati: إِنَّ أَخْوَفَ مَا أَخَافُ عَلَيْكُمُ اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ قَالُوا وَ مَا اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ يَا رَسُولَ اَللَّهِ قَالَ اَلرِّيَاءُ يَقُولُ اَللَّهُ عَزَّ وَ جَلَّ يَوْمَ اَلْقِيَامَةِ إِذَا جَازَى اَلْعِبَادَ بِأَعْمَالِهِمْ...

Ese buri wese ukunda ntagira akanya kihariye ko kuganira n’umukunzi we?

0
Mu gitabo cyahawe Intumwa Muusa (tawrat) hari aho Allah yamubwiye ati: يَابْنَ عِمْرانَ! كَذِبَ مَنْ زَعَمَ اَنَّهُ يُحِبُّنى، فَاِذا جَنَّهُ اللَّيْلُ نامَ عَنّى. اَلَيسَ كُلُّ مُحِبٍّ يُحِبُّ خَلْوَةَ حَبيبهِ؟ "Yewe mwene I'imran! Ni umubeshyi wawundi uvugako...

Ngiri ibangikanyamana ritagombera gusenga izuba, ukwezi cyangwa ibindi bigirwamana

0
GUKUNDA IBYUBAHIRO N'UBUTEGETSI Kimwe mu bintu bikomeye bamwe mu bana ba Adam bahura nabyo hano ku isi ni ukugira uburwayi bw'amarangamutima yihishe aganisha ku kwigomeka kuri Allah ashingiye ku gukunda ibyubahiro n'ubutegetsi. Idini ritagatifutse rya islam...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka