test

Gusura amarimbi y’abemeramana bituma twunga ubumwe na bo kandi natwe bikaduhesha ibyiza byinshi

0
Umuco wo gusura amarimbi y’abemeramana Imam Musa bn Jafar(a.s) yaravuze ati “umuntu udafite ubushobozi bwo kudusura, ajye asura amarimbi y’abemeramana kandi b’abakunzi bacu kugirango yandikirwe ibihembo bingana n’ibyo kudusura…” Gusura amarimbi y’abavandimwe bacu bitabye Imana, ni...

Gusuzuma no kunenga imyemerere y’abawahabi ivuguruza ubumenyi bw’intumwa y’Imana Muhammad (s) ku ndyarya.

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM Gusuzuma no kunenga imyemerere y’abawahabi ivuguruza ubumenyi bw’intumwa y’Imana Muhammad (s) ku ndyarya. INSHAMAKE Ibn Taymiyah n’agatsiko kamukurukiye bahakana ubumenyi bw’intumwa y’Imana(s) ku banafiqi (indyarya) bakavuga ko Intumwa y’Imana(s) itari izi indyarya z’i Madina...

Amategeko ajyanye na Taqlid, umuislamu afite uburyo bubiri bwo guhamanya n’umutima we ko yubahirije...

0
AMATEGEKO AREBANA NA TAQLID Intangiriro Amategeko y’idini, ni amategeko n’amabwiriza bigenga ibikorwa n’imyitwarire bya muntu ku buryo uwo muntu abaho bijyanye n’uko idini ribitegenya. Ni ngombwa rero ko umuntu amenya ayo mategeko n’amabwiriza kugirango ahamanye n’umutima...

Kugera ku rwego rwa ikh’las bisaba ko umuntu avana mu mutima we buri kintu...

0
AL IKH’LAS   Al Ikhlas ni kimwe mu bintu by’ingenzi kandi by’ibanze abemeramana bahamagarirwa kandi bashishikarizwa mu nyandiko z’idini zitandukanye! Imana muri Quran itegeka intumwa yayo muri aya magambo iti: فَاعۡبُدِ اللّٰهَ مُخۡلِصًا لَّهُ الدِّيۡنَ اَلَالِلّٰهِ الدِّيۡنُ الۡخَالِصُ Jya...

Amateka y’abagore bafashije ubuislamu ku gihe cy’intumwa n’amasomo twabigiraho 

0
          Isomo: Amateka        Ingingo: Amateka y’abagore bafashije ubuislamu ku gihe cy’intumwa n’amasomo twabigiraho                                                                        Amateka ni iki? Ni ubumenyi bwiga ku byabayeho mu gihe cyahise. Kuki tugomba kwiga amateka? Tumenya kandi tugasobanukirwa ibyabayeho mbere yacu Bikaduha amasomo...

Menya amateka ya Mariyamu [Bikira Mariya (as)] nyina wa Yesu [Issa(as)] umenye n’uko Abasilamu...

0
Menya amateka ya Mariyamu nyina wa Yesu umenye n'uko Abasilamu bamwemera. Kanda hano hasi: AMATEKA YA MARIYAMU (AS)

Dore amateka atangaje ya Asiyah umugore wa Farawo wareze intumwa Mussa (as), akicwa na...

0
Aya ni amateka ya Asiyah umugore wa Farawo wareze intumwa Mussa (as) iyitoraguye mu ruzi rwa Nil, akicwa abambwe yishwe n'umugabo we , amuziza ko yanze kumwemera nk'Imana isumba izindi Mana, akaba yemeye Imana...

Tumenye abamenyi bakoresheje umuhate wabo mu gusigasira ubumenyi dufite ubu (igice cya mbere)

0
Tumenye abamenyi bubatse izina muri madh’heb ya shia -1 Kugirango kugeza ubu tube dufite inyigisho zikomoka ku ntumwa y’Imana n’abasigire bayo baziranenge ari bo baimamu cumi na babiri (alayihim salaam), ni uko hari abamenyi bakoresheje...

Ibyiza by’ukwezi kwa Dhul’hijja n’imigisha ikubiyemo

0
Ibyiza by'ukwezi kwa Dhulhija; Kuva ku munsi wa mbere kugeza ku munsi wa cumi w'ukwezi kwa zhulhija ni imwe mu minsi y'umwaka ifite ibyiza bihambaye kandi ikagira ibikorwa byihariye muri kuno kwezi harimo ama layidi...

Incamake y’amateka y’ubuzima bwa imamu Mussa Al Kadhwimu (alayhi salaam)

0
Bismillahi Rahman Rahiim Muri Koroani Imana Nyagasani iratubwira iti: و من یعظم شعائر الله فإنها من تقوی القلوب Kandi n'uzubaha ibimenyetso by'Imana, (mumenye ko ibyo) mu by'ukuri bibarurirwa mu gukiranuka kw'Imitima (Q22:32). Ibimenyetso by'Imana birimo ukwinshi. Hari ibyo...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka