Kabone n’ubwo ikiguzi cy’amazi cyaba ari icyo kurya cyawe kuri uwo munsi, kora Ghuslu...

0
Intumwa y'Imana Muhammad (sallallahu alayhi wa aalihi wa sallam) yabwiye umusahaba wayo Ali mwene Abi Talib (alayhi salaam) iti: فَاغتَسِلْ فِي كُلِّ جُمُعَةٍ و لَو أنَّكَ تَشتَرِي الماءَ بِقوتِ يَومِكَ و تَطويهِ فَإنَّهُ لَيسَ شَيءٌ...

Ese biremewe ko umugore asomera Qur’an ahantu hateraniye abagabo?

0
Ese biremewe ko umugore asomera Qur'an ahantu hateraniye abagabo? Mu gusubiza iki kibazo,abamenyi mu by'amategeko y'idini aribo: Ayatullah Sistani na Imamu Khamenei: Bavuga ko umugore yemerewe gusomera Qur'an ahantu hari cyangwa hateraniye abagabo. Ariko igihe...

IMPAMVU ABARABU BASENGAGA  IBIGIRWAMANA NTIBASENGE AL-KAABA

0
KUBERIKI ABARABU BASENGAGA  IBIGIRWAMANA NTIBASENGE AL-KAABA? Hari abibaza impamvu abarabu bahisemo gusenga ibigirwamana bikoreye bakabishyira muri Kaaba n’inyuma yaho aho gusenga Al-Kaaba  nk’inzu yari yubashywe na bose muri icyo gihe. Imwe mu mpamvu ayatumye abarabu...

Amategeko areba umugore ugira iminsi agira mu mihango ihinduka ariko igihe ayimaramo kikaba kidahinduka

0
Umugore ugira iminsi agira mu mihango ihinduka ariko igihe ayimaramo kikaba kidahinduka Iyo iminsi y'imihango yiyongereye ikarenga icumi (10) amaraso umugore abona akaba afite ibimenyetso by'imihango, azafata amaraso yo mu minsi yari asanzwe amara...

ABAHABWA ZAKAT AL-MAALI

0
  ABAHABWA ZAKAT AL-MAALI Muri Islamu, Zakat al-Maali ikoreshwa muri izi nzira zikurikira: Abakene batabasha kwitunga umwaka wose Abatindi nyakujya Umuntu washyizweho na Imamu muziranenge (as) cyangwa washyizweho n’uhagarariye Imamu ngo akusanye Zakat. Umuhakanyi , kuburyo...

Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous?

0
IKIBAZO Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous? IGISUBIZO Ku muntu wakoze urugendo rwo mu kirere n'indege kugere kuri had trakhous biroroshye cyane kandi ahita ayigeraho vuba. Had trakhous yo...

Ese iyo umuntu atarakoze amasengesho ari mu rugendo, nagera mu rugo azayishyura ayagabanyijemo kabiri...

0
IKIBAZO Ese iyo umuntu wakoze urugendo(rwujuje ibisabwa) atakoze amasengesho akiri mu rugendo, nagera aho aturuka azayishyura ayagabanyijemo kabiri (aha ni ku masengesho agira rakat enye) cyangwa azayasenga nkuko asanzwe ayasenga iyo ari murugo? Naba se...

Ese kurya isenene biremewe muri Islamu?

0
  Ese kurya isenene biremewe? Amategeko y'idini avuga ko iyo isenene zafashwe zikiri nzima, zaba zafashwe n'umuslamu cyangwa undi muntu utari umuslamu,icyo gihe kuzirya biremewe. Si ngombwa kandi ko umuntu atangiza izina ry'Imana(Bismillah) igihe agiye kuzifata....

Muri Islamu ni ryari bavuga ko umugore yacuze?

0
AMATEGEKO AREBANA N'UMUGORE WACUZE Umugore wacuze iyo abonye amaraso ntago aba ari imihango ahubwo aba ari istihadha.Kukijyanye n'igihe umugore ageramo akabarwa nkuwacuze,abamenyi mu by'amategeko y'idini aribo: 1- Ayatullah Imamu Khamenei: Avugako Umugore ukomoka mu muryango w'intumwa...

Menya ibintu 7 byangiza wudhu n’ibindi 13 byangiza isengesho

0
   -Ibyangiza wudhu n’ibyangiza isengesho i) Ibyangiza wudhu: Inkari Amazirantoki Gusura Gusinzira ku buryo utabona ntunumve Ikintu gituma ubura ubwenge nko gusara,gusinda,kunywa ibiyobya bwenge,... Istihadha (ku bagore bari muri istihadha,hari igihe ituma wudhu yangirika) Ikintu gituma...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka