Ese iyo umuntu atarakoze amasengesho ari mu rugendo, nagera mu rugo azayishyura ayagabanyijemo kabiri...
IKIBAZO
Ese iyo umuntu wakoze urugendo(rwujuje ibisabwa) atakoze amasengesho akiri mu rugendo, nagera aho aturuka azayishyura ayagabanyijemo kabiri (aha ni ku masengesho agira rakat enye) cyangwa azayasenga nkuko asanzwe ayasenga iyo ari murugo? Naba se...
Ese umusilamu yemerewe kujya mu birori birimo inzoga?
Ese umusilamu yemerewe kujya mu birori birimo inzoga?
Muri islamu kunywa inzoga n'ibindi bintu bisindisha ni haramu . Abasilamu benshi bajya bibaza bati ese ngiye mu birori n'amateraniro birimo inzoga ariko bo ntibazinywe hari icyo...
ABAHABWA ZAKAT AL-MAALI
ABAHABWA ZAKAT AL-MAALI
Muri Islamu, Zakat al-Maali ikoreshwa muri izi nzira zikurikira:
Abakene batabasha kwitunga umwaka wose
Abatindi nyakujya
Umuntu washyizweho na Imamu muziranenge (as) cyangwa washyizweho n’uhagarariye Imamu ngo akusanye Zakat.
Umuhakanyi , kuburyo...
IBINTU BISHOBORA KUBA BYASUKURA NAJISI
IBINTU BISHOBORA KUBA BYASUKURA NAJISI
1 Amazi
2] Ubutaka
3]Izuba
4]Intiqal:Kwimura ikintu kiri najisi umuntu akijyana ahandi hatuma gihinduka ikintu gisukuye. Urugero: Nko kwimura urugingo rw’umubiri umuntu arujyana ahandi ku mubiri.
5]Istihalat: Guhinduka kw’ikintu cyari najisi gihindukamo ikintu...
Gushaka ubumenyi ni itegeko si amahitamo y’umuntu ku giti cye
Ubumenyi ni ikintu cy'agaciro gakomeye imbere ya Allah (swt) niyo mpamvu muri Quran harimo imirongo myinshi ishimagiza cyangwa itaka abamenyi.
Nta gitangaje mu kuba ibitotsi by'umumenyi biruta ibihagararo n'ibisibo bitari iby'umumenyi kuko ubugandukiramana nyabwo bushingiye...
IBIKORWA BIZIRIRIJWE KU MUGORE URI MU MIHANGO NO MU BISANZA:
IBIKORWA BYA HARAM KU MUGORE URI MU MIHANGO NO MU BISANZA:
Ibi bintu bikurikira ntago umugore uri mu mihango no mu bisanza yemerewe kubikora kuko ni haramu kuri we:
Gukora ibadat isaba kuba afite wudhu,...
Sobanukirwa Itegeko rireba itungo ryasambanyijwe n’umuntu muri Islamu
Iyo habayeho gukora amahano yo gusambanya inyamaswa bikozwe n'umuntu,amategeko y'idini avuga ko:
Amategeko y'idini avuga ko iyo umuntu asambanyije itungo nk'inka,ihene,intama,...Inyama z'iryo tungo zihita ziba iziziririjwe(haramu) ku Basilamu (nta musilamu wemerewe kuzirya), umwanda waryo(amaganga,amase,...) nawo...
Menya ibintu icumi bifatwa nk’umwanda (najasat) muri Islamu
Imyanda (najasat)
Imyanda ni ibintu icumi, nabyo ni ibi bikurikira:
1-2) Inkari n’amazirantoki by’umuntu n’iby’inyamaswa ziziririjwe kuribwa zivubura amaraso mu gihe ziciwe imitwe ni najisi. Naho inkari n’amazirantoki by’amafi kimwe n’iby’udusimba duto nk’imibu, amasazi n’utundi nkatwo...
IMPAMVU ABARABU BASENGAGA IBIGIRWAMANA NTIBASENGE AL-KAABA
KUBERIKI ABARABU BASENGAGA IBIGIRWAMANA NTIBASENGE AL-KAABA?
Hari abibaza impamvu abarabu bahisemo gusenga ibigirwamana bikoreye bakabishyira muri Kaaba n’inyuma yaho aho gusenga Al-Kaaba nk’inzu yari yubashywe na bose muri icyo gihe. Imwe mu mpamvu ayatumye abarabu...
Sobanukirwa uko umuntu ubana n’ubumuga bwo kutavuga ( ikiragi) asenga muri Islamu?
Uku niko umuntu ubana n'ubumuga bwo kutavuga ( ikiragi) akora isengesho muri Islamu
Umuntu ashobora kugira ubumuga bwo kutavuga kubera impamvu zitandukanye. Hari ugira ubumuga bwo kutavuga kubera impamvu runaka(indwara,impanuka,...) ariko mbere yarahoze avuga, hakaba...