test

Sujjuud Sah’wi ni iki, ikorwa ite, habaye iki?

0
BISMILLAHI RAHMANI RAHIM SUJUUDU SAH’WI Sujuud Sah’wi, ni sajdah ebyiri nyuma y’isengesho ry’itegeko hagamijwe gukosora no kuriha amakosa yakozwe muri iryo sengesho. 1.  Amakosa atuma umuntu akora sujud sah’wi o  Kuvuga mu isengesho utabishaka o  Kwibagirwa sjadah imwe o ...

Ukuri k’umugore muri Islam

0
UKURI KUMUGORE MURI ISLAM Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Sadjad (as) yaravuze ati:  و أمّا حَقُّ الزَّوجَةِ فأن تَعلَمَ أنَّ اللّه َ عزّ و جلّ جَعَلَها لكَ سَكَنا و اُنْسا ، فَتَعلَمَ أنَّ...

Menya ibihe by’amasengesho ya buri munsi muri Islamu

0
Ibihe by’amasengesho ya buri munsi. a) Igihe cy’amasengesho ya dhuhr na aswr : Gihera mu gice cya kabiri cy’umunsi (amanywa) kigageza izuba rirenze. Isengesho rya aswr rigomba gukorwa nyuma y’irya dhuhr keretse habayeho kwibeshya ku...

Uko umusilamu witabye Imana yozwa,yambikwa, asengerwa akanashyingurwa

0
  Amategeko arebana n’uwitabye Imana Umuislam witabye Imana agomba gukorerwa ibikorwa bikurikira: Kozwa (Ghuslu).Hanuut, Kafan, iswala no gushyingurwa. Uko umuislam witabye Imana yozwa. Umuislamu witabye Imana agomba kozwa inshuro eshatu kandi akabikorerwa kubera Imana. Umuntu umwoza agomba kuba...

Menya icyo wakorera Umusilamu urimo kwitaba Imana (muhtadhar)

0
Icyo wakorera Umusilamu urimo kwitaba Imana (muhtadhar)   Umuislam w’umugabo cyangwa w’umugore yaba ari mukuru cyangwa umwana, uri mu gihe cyo kuvamo roho cyangwa akaba arimo kwitaba Imana niwe witwa muhtadhar akaba agomba kuryamishwa ku buryo...

Menya amaduwa asomwa mu gihe cyo gufata wudhu

0
Amaduwa asomwa mu gihe cyo gufata Wudhu . 1. Iyo umuntu arebye ku mazi agiye gufata wudhu, asoma iyi Duwa agira ati: بِسْمِ اللّهِ وَ بِاللّهِ وَ الْحَمْدُ لِلّهِ الَّذِی جَعَلَ الْمَاءَ طَهُوراً وَ لَمْ یجْعَلْهُ...

Ibikorwa bya Mustahabu (Suna) igihe umuntu afata Wudhu.

0
Ibikorwa bya Mustahabu (Suna) igihe umuntu afata Wudhu. 1. Ni mustahabu ko umuntu afata wudhu ahagaze yerekeye Qibla. 2. Ni mustahabu kubanza koza amenyo no mu kanwa umuntu akoresheje uburoso n'umuti byabugenewe cyangwa se ikindi kintu...

Ikibazo n’igisubizo ku rutonde rw’imizi n’amashami y’idini

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM IKIBAZO: Ese urutonde rw’imizi y’idini n’amashami y’idini rwaba rwaraturutse kuri hadith n’imvgo z’amaimam(a.s)? niba igisubizo ari yego, izo hadith ni izihe? Niba atari ko bimeze, urwo rutonde rwakozwe ryari? Rukorwa nande? ___________ INSHAMAKE Y’IGISUBIZO: Urutonde rwa...

Agaciro n’icyubahiro by’umuntu witabiriye isengesho ry’Ijuma

0
AGACIRO N'ICYUBAHIRO BY'UWITABIRA IJUMAH Intumwa y'Imana Muhammad (s) yaravuze ati:اِذا کانَ یَومَ الجُمُعَهِ اَرسَلَ اللهُ تَعالی مَلائِکَهً مَعَهُم اَقلامٌ مِن ذَهَبٍ وَ صُحُفٌ مِن فِضَّهٍ فَیَأتوُنَ وَ یَقِفُونَ بِبابِ المَساجِدِ وَ یَکتُبوُنَ َاسامَی الَّذینَ...

  Sobanukirwa ubwoko bw’amaraso yitwa Istihadha(amaraso y’uburwayi)

0
  Istihadha Istihadha ni ubwoko bw'amaraso asohoka mu myanya y’ibanga y’abagore akaba asohoka mu gihe kitari ik’imihango. Ayo maraso ntabwo aba ari ay’igikomere cyangwa se ngo abe ari ayo gutakaza ubusugi, nta n’ubwo aba ari...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka