test

Menya inyamaswa (amatungo) za halal n’iza haramu n’ibizikomokaho

0
Inyamaswa (amatungo) za halal n'iza ya haramu: A. Inyamaswa  za halal na haramu mu nyamaswa zo mu mazi ni izi zikurikira: 1) Inyamaswa za halal: - Amafi yose afite amagaragamba  ni halal. Ifi ifite amagaragamba -  Ubwoko bw'inyamaswa yo...

Isengesho ryitiriwe Jaafar Tayyar uko risengwa

0
Mbere y'uko ntangira ndagira ngo numvikanishe ko aho ndibuze gukoresha ijambo; DHIKIR NYIRIZINA ndibube nshatse kuvuga iyi dhikir ikurikira: SUBHANALLAAHI, WAL HAMDULILLAHI, WA LAA ILAHA ILLA LLAHU, WA LLAHU AKIBAR Iri sengesho rigizwe na rakaa 4...

Amategeko yo gukinja itungo mu idini ya Islamu

0
Ni gute bakinja itungo byemewe n'idini (k'Islamu)? Amategeko ya kislamu avuga ko gukinja itungo byemewe ari ugukatira icyarimwe  inzira icamo ibiryo,inzira y'ubuhumekero,umutsi munini w'iburyo n'umutsi munini w'ibumoso by'izo nzira kandi umuntu akabikatira hepfo gato y'aho...

Inenge zituma umugore n’umugabo bemererwa gusesa amasezerano y’abashakanye

0
Abamenyi (marajiu) b'idini aribo Ayatullah Sistani, Makarem Shirazi na Imamu Khamenei: Bavuga ko iyo umugabo cyangwa umugore umwe muri bo asanze undi yari afite inenge zikomeye mbere yo gusezerana kandi umwe akaba atari yarabibwiye undi...

Imihango muri islamu ni iki?

0
Imihango muri islamu ni iki? Muri islamu Hezi (imihango) ni amaraso,abonwa n'abagore buri kwezi, akaba anyura mu myanya yabo y’ibanga, akaba agira ibimenyetso bikurikira: 1- Kuba asa nayanduye, afite ibara ry'umutuku usa nuvanze n’umukara, cyangwa se...

AMATEGEKO YA ZAKATUL – FITR

1
ZAKATUL-FITR ni iki? Zakatul-fitr ni ingano y'ibiribwa cyangwa se ikiguzi cyabyo itangwa n'umusilamu kuva mu ijoro ry'umunsi wo gusoza igisibo gitagatifu cya ramadhan(umunsi w'ilayidi) kugeza kuri dhuhuri y'uwo munsi, maze umuntu akayitanga mu rwego rwo...

Umugore ugira iminsi agira mu mihango idahinduka ,ariko igihe ayimaramo kikaba gihinduka.

0
 Umugore ugira iminsi agira mu mihango idahinduka ,ariko igihe ayimaramo kikaba gihinduka. - Iyo umugore abona imihango ariko ntihagarare hanyuma akajya ageraho akabona amaraso afite ibimenyetso by'imihango, iyo ayo maraso aje mu kwezi kumwe akamara...

Ubwoko bw’abagore bitewe n’igihe bagira mu mihango n’iminsi bayimaramo.

0
Ubwoko bw'abagore bitewe n'igihe bagira mu mihango n'iminsi bayimaramo. Abagore bagabanyijemo ibice bitandatu: 1- Umugore ugira iminsi agira mu mihango idahinduka, akaba anafite iminsi amara mu mihango idahinduka. Bishatse kuvuga ngo ni umugore umara amezi abiri kuzamura...

IBIKORWA BIZIRIRIJWE KU MUGORE URI MU MIHANGO NO MU BISANZA:

0
IBIKORWA BYA HARAM KU MUGORE URI MU MIHANGO NO MU BISANZA: Ibi bintu bikurikira ntago umugore uri mu mihango no mu bisanza yemerewe kubikora kuko ni haramu kuri we: Gukora ibadat isaba kuba afite wudhu,...

Ese muri Islamu kimwe cya kabiri cy’ijoro gipimwa gite? Ni gute twamenya ko ijoro...

0
Ese muri Islamu kimwe cya kabiri cy'ijoro gipimwa gite? Ni gute twamenya ko ijoro rigeze muri kimwe cya kabiri? Hari ibikorwa by'idini dusabwa gukora ari uko ijoro rigezemo hagati (rigeze muri kimwe cya kabiri aricyo...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka