test

SOBANUKIRWA NA GHUSLU Y’IJANABAT UMENYE UKO IKORWA

0
 GHUSLU Y’IJANABAT Ibituma umuntu agira ijanaba: 1) Gusohokwamo n’amasohoro ku mugabo: Yaba menshi cyangwa make ,yaba asinziriye cyangwa ari maso. 2) Imibonano mpuzabitsina: Yaba yayikoze mu buryo bwemewe nk’umugore n’umugabo bashakanye cyangwa mu buryo butemewe nk’ubusambanyi. Amasohoro...

GHUSLU (KOGA BY’ITEGEKO) MURI ISLAMU

0
GHUSLU (KOGA BY'ITEGEKO) MURI ISLAMU Ghuslu: Ni ukoza umubiri  wose umuntu agamije kubahiriza amategeko ya Allah kandi akabikora kubera we. 1) IBICE BIGIZE GHUSLU A) Ghuslu y’itegeko (ya wajibu) 1) Ku bagabo n’abagore: - Ghuslu y’ijanaba (koga igihe...

IBINTU BISHOBORA KUBA BYASUKURA NAJISI

0
IBINTU BISHOBORA KUBA BYASUKURA NAJISI 1 Amazi 2] Ubutaka 3]Izuba 4]Intiqal:Kwimura ikintu kiri najisi umuntu akijyana ahandi hatuma gihinduka ikintu gisukuye. Urugero: Nko kwimura urugingo rw’umubiri umuntu arujyana ahandi ku mubiri. 5]Istihalat: Guhinduka kw’ikintu cyari najisi gihindukamo ikintu...

  Menya ibintu icumi bifatwa nk’umwanda (najasat) muri Islamu

0
Imyanda (najasat) Imyanda ni ibintu icumi, nabyo ni ibi bikurikira: 1-2) Inkari n’amazirantoki by’umuntu n’iby’inyamaswa ziziririjwe kuribwa zivubura amaraso mu gihe ziciwe imitwe ni najisi. Naho inkari n’amazirantoki by’amafi kimwe n’iby’udusimba duto nk’imibu, amasazi n’utundi nkatwo...

 Amategeko yo kwiherera muri Islamu

0
  Amategeko yo kwiherera 1) Ni itegeko ko umuntu uri mu bwiherero ndetse n’ahandi ahisha abandi ubwambure bwe yaba kubo bafitanye isano ndetse no ku bana bato bazi gutandukanya ikibi n’icyiza, uretse ku mugore n’umugabo bashakanye. 2)...

MENYA IBISIBO BYA MUSTAHABU MURI ISLAMU

0
IGISIBO CYA MUSTAHABU Gusiba mu minsi yose igize umwaka( ukuyemo iminsi kuyisibamo biri Wajibu, Haraamu, cyangwa Makruhu) ni musitahab. Ariko hari iminsi mu minsi igize umwaka ku buryo kuyisibamo umuntu abona isawabu nyinshi kurushaho ,ariko...

MENYA IBISIBO BYA HARAM MURI ISLAMU

0
IGISIBO CYA HARAM Muri Islam ibisibo bya haram ni ibi bikurikira: 1. Igisibo cya Eid Fitr 2. Igisibo cya Eid yo kubaga(igitambo) 3. Igisibo cy'umunsi wa 11,12 nuwa 13 mu kwezi kwa Dhul-hijja (kubantu bari ahitwa Minna i...

 AMOKO Y’IGISIBO MURI ISLAMU

0
 AMOKO Y'IGISIBO MURI ISLAMU 1.Igisibo cya wajibu(cy'Itegeko) 2.Igisibo cya Haram(kiziririjwe) 3.Igisibo cya mustahabu 4.Igisibo kiri Makruh   1.IGISIBO CYA WAJIB(Cy'itegeko)   Muri islam Ibisibo by'itegeko( biri wajib) ni ibi bikurikira: 1.Igisibo cy'ukwezi gutagatifu kwa RAMADHAN 2.Igisibo cyo kwishyura(igihe haba hari igisibo kiri wajib...

IGISIBO CY’UMUNTU UKORA AKAZI MU RUGENDO NK’UMUSHOFERI,….

0
IGISIBO CY'UMUNTU UKORA AKAZI MU RUGENDO. 1) Igihe akazi ke ari isafari (Urugero : Nk'umushoferi uva mu ntara imwe ajyana abagenzi mu yindi ntara akaba ariko kazi ke):Uwo muntu muri Izo safari akora, agomba gusiba. 2) ...

Menya intera umuntu agomba gukora kugirango yemererwe gusiburuka ari mu rugendo mu kwezi kwa...

0
Menya intera umuntu agomba gukora kugirango yemererwe gusuburuka ari mu rugendo mukwezi kwa Ramazan Umuntu uri kurugendo ,muri urwo rugendo akaba agomba gusenga rakat ebyiri ku masengesho afite rakat enye, muri urwo rugendo ntategetswe gusiba....
- Advertisement -

Inkuru ziheruka