asd

URUGERO FATIZO RWA BURI KINTU GITANGIRWA ZAKAT AL-MAALI

0
URUGERO FATIZO RWA BURI KINTU GITANGIRWA ZAKAT AL-MAALI NAQDAYINU (Ubwoko bubiri bw'amabuye y'agaciro) 1) INGANO ITANGIRWA ZAKAAT: ⁃ ZAHABU : Zahabu itangirwa Zakat aruko igeze ku kigero kingana na Mithiqali 15 ⁃ FEZA (Argent):  Feza itangirwa...

IBISABWA NGO UMUNTU ATANGE ZAKAT AL-MAALI

0
  IBISABWA NGO UMUNTU ATANGE ZAKAT AL-MAALI Zakat iba itegeko ku muntu iyo hujujwe ibi bintu bikurikira: ⁃ Ingano y'umutungo igomba kuba yageze ku kigero fatizo. ⁃ Umutungo ugkmba kuba ari uw'umuntu kugiti cye. ⁃ Nyiri umutungo agomba kuba...

Ibihe bibi kurusha ibindi, ab’igitsina gore bazaba batakikwiza, bambara ubusa, idini barayiteye umugongo…

0
IBIMENYETSO BYO KURANGIRA KW'ISI Uwitwa al-Asbaghu mwene Nubatat abikuye ku muyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam ) yavuze ko yumvishe avuga ngo: يَظْهَرُ فِي آخِرِ اَلزَّمَانِ وَ اِقْتِرَابِ اَلسَّاعَةِ وَ هُوَ شَرُّ اَلْأَزْمِنَةِ نِسْوَةٌ...

SOBANUKIRWA AMATEGEKO AREBANA N’AMAZI MURI ISLAMU

0
AMATEGEKO AREBANA N’AMAZI Amazi agabanyijemo ibice bibiri 1) Mutlaq: Ni amazi y’umwimerere, amazi adafite ikindi kintu avanze nacyo kiyatesha umwimerere wayo akaba atakuwe ku kindi kintu (nko mu bimera) 2) Mudwafu: Ni amazi atari ay’umwimerere ni ukuvuga...

Zakat al-Maali niki? Itangwa nande? Ese ni itegeko?

0
Zakat al-Maali niki? Itangwa nande? Islamu ni idini Imana Nyagasani yahitiyemo ikiremwa muntu kugirango ibe inzira yo kuyoboka kwacyo kigana  kuriyo. Idini ifite amategeko ayigenga kandi yashyizweho na Allah ku girango abantu babashe kuyigenderamo no...

Ibintu bikurikira iyo byuzuye wudhu (Wuzu)iba yuzuye kandi  yemewe

0
Ibintu bikurikira iyo byuzuye wudhu iba yuzuye kandi  yemewe: Ibirebana namazi nigikoresho arimwo: Amazi agomba kuba asukuye(atarimwo najisi) Uyakoresha agomba kuba ayafiteho uburenganzira Amazi agomba kuba atavangiye Igikoresho amazi arimwo kigomba kuba gifitiwe uburenganzira bwo...

Amategeko ya QIRA’AT (gusoma amasura ya Qor’an cyangwa izindi dhikiri mu iswala)mu isengesho

0
QIRA'AT(gusoma amasura ya Qor'an cyangwa izindi dhikiri mu iswala): 1- Muri rakat yambere n'iyakabiri mu maswala yose yaburi munsi ni wajibu(itegeko) ko umuntu agomba guhera kuri ALHAMUDU yayirangiza agakurikizaho iyindi surat yose ashaka ariko nayo...

Sobanukirwa Wudhu (Wuzu) yitwa IRTIMASI (Wuzu yo kwibiza mu mazi menshi ibice byozwa mu...

0
  WUDHU (WUZU) IRTIMASI (Wuzu yo kwibiza mu mazi menshi ibice byozwa mu gihe cyo gufata Wuzu )  Wudhu Irtimasi: Ni igihe uburanga n'amaboko by'umuntu abyibije mu mazi menshi afite umugambi wo gufata wudhu. Kuberako mugukora wudhu...

Sobanukirwa uko umuntu ubana n’ubumuga bw’ingingo afata Wudhu (Wuzu) muri Islamu

0
WUDHU Y'UMUNTU UFITE AKABOKO,IKIGANZA ,INTOKI,AKAGURU,IKIRENGE CYANGWA AMANO BYACITSE CYANGWA ATARABIVUKANYE 1) Iyo umuntu afite akaboko kacitse ariko kagacikira munsi yinkokora,iyo arimo gufata wudhu ,agomba koza cya gice cyasigaye(ni ukuvuga icyasigaye kuva mu nkokora kumanuka) 2) Iyo...

Bizaba bimeze bite kuri imwe, ubwo muzaba mutegeka gukora ikibi mukabuza gukora ikiza?|| intumwa...

0
GUTEGEKA IBYIZA NO KUBUZA IBIBI (Al amru bil ma'aruufi wa nahyu anil mankar) Intumwa y'Imana Muhammad (sallallahu wa aalihi wa sallam) yaravuze ati: كَيْفَ بِكُمْ إِذَا فَسَدَ نِسَاؤُكُمْ وَ فَسَقَ شُبَّانُكُمْ‏ وَ لَمْ تَأْمُرُوا بِالْمَعْرُوفِ وَ لَمْ...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka