asd

Ibikorwa bya Mustahabu (igikorwa kitari itegeko umuntu akora akagihemberwa,yakireka ntabihanirwe) mu isengesho ndetse na...

0
Ibikorwa bya Mustahabu (igikorwa kitari itegeko umuntu akora akagihemberwa,yakireka ntabihanirwe) mu isengesho ndetse na nyuma yaryo.   Ibikobwa bya mustahabu mu isengesho ndetse na nyuma yabyo bigabanyijemo ibice bibiri: 1). Ibikorwa bya mustahabu bisaba ubikora ko abikora...

Ese muri Islamu kimwe cya kabiri cy’ijoro gipimwa gite? Ni gute twamenya ko ijoro...

0
Ese muri Islamu kimwe cya kabiri cy'ijoro gipimwa gite? Ni gute twamenya ko ijoro rigeze muri kimwe cya kabiri? Hari ibikorwa by'idini dusabwa gukora ari uko ijoro rigezemo hagati (rigeze muri kimwe cya kabiri aricyo...

Impamvu Abashia batora (bavuga) Takbir inshuro eshatu nyuma ya buri sengesho.

0
Ni ukubera iki Abashia batora (bavuga) Takbir inshuro eshatu nyuma ya buri sengesho? Mu mategeko y'idini ni Mustahabu (igikorwa kitari itegeko umuntu akora akagihemberwa, atagikora ntabihanirwe) ko igihe umuntu arangije isengesho atora Takbir (avuga Takbir)...

Watwan (ubuturo) ni iki? Ifite ayahe mategeko?

1
Watwan ni iki? Watwan (aho umuntu aba cyangwa inkomoko) ni ahantu umuntu ubwe yihitiyeho kuba, haba aho yavukiye, aho ababyeyi be baba cyangwa se aho yahisemo nyuma amaze gukura. IKIBAZO Nigute ahantu umuntu yavukiye habarwa ko ariho...

Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous?

0
IKIBAZO Ese igihe umuntu akoze urugendo n’indege, ni gute yamenya ko yageze kuri had trakhous? IGISUBIZO Ku muntu wakoze urugendo rwo mu kirere n'indege kugere kuri had trakhous biroroshye cyane kandi ahita ayigeraho vuba. Had trakhous yo...

Ese iyo umuntu atarakoze amasengesho ari mu rugendo, nagera mu rugo azayishyura ayagabanyijemo kabiri...

0
IKIBAZO Ese iyo umuntu wakoze urugendo(rwujuje ibisabwa) atakoze amasengesho akiri mu rugendo, nagera aho aturuka azayishyura ayagabanyijemo kabiri (aha ni ku masengesho agira rakat enye) cyangwa azayasenga nkuko asanzwe ayasenga iyo ari murugo? Naba se...

Amategeko y’Isengesho ryo ku rugendo (Swalatu Safar)

0
  ISENGESHO RYO KU RUGENDO (SWALATU SAFAR) Umuntu wakoze urugendo rwujuje ibisabwa, aho yagombaga gukora isengesho rya rakat enye azakora raka ebyiri, naba ari no mu gisibo azasiburuka. Ariko ibyo byose azabikora aruko urugendo rwe rwujuje...

ISTIBRA’U (isukura) ikorerwa itungo ryariye najisi (umwanda) uko ikorwa.

0
  ISTIBRA'U (isukura) ikorerwa itungo ryariye najisi (umwanda) uko ikorwa: Iyo itungo ryariye najisi ituruka ku muntu (amazirantoki, inkari, amaraso,...by'umuntu), amazirantoki (amase,amahurunguru,..), n'inkari byaryo biba ari najisi. Inyama zaryo nazo kuzirya biba ari haramu. Mu rwego...

Menya inyamaswa (amatungo) za halal n’iza haramu n’ibizikomokaho

0
Inyamaswa (amatungo) za halal n'iza ya haramu: A. Inyamaswa  za halal na haramu mu nyamaswa zo mu mazi ni izi zikurikira: 1) Inyamaswa za halal: - Amafi yose afite amagaragamba  ni halal. Ifi ifite amagaragamba -  Ubwoko bw'inyamaswa yo...

Amategeko yo gukinja itungo mu idini ya Islamu

0
Ni gute bakinja itungo byemewe n'idini (k'Islamu)? Amategeko ya kislamu avuga ko gukinja itungo byemewe ari ugukatira icyarimwe  inzira icamo ibiryo,inzira y'ubuhumekero,umutsi munini w'iburyo n'umutsi munini w'ibumoso by'izo nzira kandi umuntu akabikatira hepfo gato y'aho...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka