test

Amategeko ya Aqiqah (gutangira umwana igitambo umuntu abaga itungo)

0
Ese Aqiqah ni iki? Ese ni itegeko (wajibu)? Aqiqah ni imwe muri sunat z’intumwa y’Imana Muhammad (swallallahu alayhi wa aalihi wa sallam) yo gutanga igitambo umuntu abaga itungo(intama ,ihene,inka,...) akabikorera umwana w’umuhungu cyangwa umukobwa, byo...

Ese kwikomeretsa ku munsi wa Ashura byaba biri mu myemerere y’abashia koko?

2
Ni kenshi twagiye tubona ku mbuga nkoranyambaga amafoto n'amavideo y'abantu bikomeretsa maze tukabwirwa ko ari imwe mu myemerere y'abitwa abashia, rero wowe ufite amatsiko yo kumenya ukuri nyako ku bijyanye n'ibi bivugwa; wareba iyi...

Isengesho ryitiriwe Jaafar Tayyar uko risengwa

0
Mbere y'uko ntangira ndagira ngo numvikanishe ko aho ndibuze gukoresha ijambo; DHIKIR NYIRIZINA ndibube nshatse kuvuga iyi dhikir ikurikira: SUBHANALLAAHI, WAL HAMDULILLAHI, WA LAA ILAHA ILLA LLAHU, WA LLAHU AKIBAR Iri sengesho rigizwe na rakaa 4...

Uko Adhaana (Umuhamagaro) na Iqaamat (Guhagurutsa isengesho) bivugwa.

0
1. ADHAANA (Umuhamagaro) Adhaana igizwe n’interuro cumi n’umunani, ikaba igomba kuvugwa mbere y’isengesho muri ubu buryo bukurikira: - ALLAHU AKBARU (inshuro enye):                                                                            Imana niyo isumba byose(niyo nkuru). - ASH’HADU AN LAA ILAHA ILLA LLAH (inshuro ebyiri):                                    ...

IBYANGIZA IGISIBO

0
  Umuslam wese kuva kuri adhana ya subhi kugeza kuri adhana ya magharibi aba agomba kwirinda icyatuma igisibo cye cyangirika ahubwo agashaka umwanya wo gukora ibadat akiyegereza Allah agasaba imbabazi z'ibyaha bye kuko ukwezi kwa...

AMATEGEKO YA ZAKATUL – FITR

1
ZAKATUL-FITR ni iki? Zakatul-fitr ni ingano y'ibiribwa cyangwa se ikiguzi cyabyo itangwa n'umusilamu kuva mu ijoro ry'umunsi wo gusoza igisibo gitagatifu cya ramadhan(umunsi w'ilayidi) kugeza kuri dhuhuri y'uwo munsi, maze umuntu akayitanga mu rwego rwo...

Menya ibintu 7 byangiza wudhu n’ibindi 13 byangiza isengesho

0
   -Ibyangiza wudhu n’ibyangiza isengesho i) Ibyangiza wudhu: Inkari Amazirantoki Gusura Gusinzira ku buryo utabona ntunumve Ikintu gituma ubura ubwenge nko gusara,gusinda,kunywa ibiyobya bwenge,... Istihadha (ku bagore bari muri istihadha,hari igihe ituma wudhu yangirika) Ikintu gituma...

Taqlid bishatse kuvuga iki?

  -IKIBAZO Taqlid niki? -IGISUBIZO Mu myemerere ya kislamu tugomba gukora cyangwa kubahiriza amategeko ya Allah uko yayashyizeho.Kugirango umuntu yubahirize ayo mategeko rero,nuko agomba kuba ayazi.Amategeko ya Allah ashakirwa muri Qoran no muri Sunat z’intumwa y’Imana Muhammad (saww).Ntago...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka