test

Menya intera umuntu agomba gukora kugirango yemererwe gusiburuka ari mu rugendo mu kwezi kwa...

0
Menya intera umuntu agomba gukora kugirango yemererwe gusuburuka ari mu rugendo mukwezi kwa Ramazan Umuntu uri kurugendo ,muri urwo rugendo akaba agomba gusenga rakat ebyiri ku masengesho afite rakat enye, muri urwo rugendo ntategetswe gusiba....

Uko umusilamu yitwara igihe arimo kujya ku rugendo n’igihe arimo gutaha aruvuyemo mu kwezi...

0
Uko umusilamu yitwara igihe arimo kujya ku rugendo n'igihe arimo gutaha aruvuyemo 1) Mu gihe arimo kujya mu rugendo: A) Kujya mu rugendo mbere ya dhuhuri : Igihe umuntu afite umugambi wo gukora urugendo rwa farsakh umunani...

Mujtahidu ni muntu ki? Ibyo Mujtahidu agomba kuba yujuje

0
Mujtahid ni muntu ki? Mujtahid:Ni umuntu ufite ubushobozi n'ubumenyi bwo gukura amategeko ya shariya muri Qoran na Sunat. Mujtahid agomba kuba yujuje ibi bikurikira: Kuba ari umugabo Kuba ari baligh(agejeje igihe cy'ubukure) Kuba akiriho(atarapfuye) Kuba...

Zimwe mu mpamvu zituma abamenyi b’Abasilamu batandukana mu gutanga Fatuwa

0
Zimwe mu mpamvu zituma abamenyi b'Abasilamu batandukana mu gutanga Fatuwa Impamvu zituma abamenyi batandukana ni nyinshi aha twavugako zimwe murizo: Abavuzi ba hadith batandukanye baba baravuze hadith zijya gusa ariko ugasanga harimo akantu zitandukaniraho. Cyangwa...

Ese umusilamu yemerewe kujya mu birori birimo inzoga?

0
Ese umusilamu yemerewe kujya mu birori birimo inzoga? Muri islamu kunywa inzoga n'ibindi bintu bisindisha ni haramu . Abasilamu benshi bajya bibaza bati ese ngiye mu birori n'amateraniro birimo inzoga ariko bo ntibazinywe hari icyo...

Ese biremewe ko umugore asomera Qur’an ahantu hateraniye abagabo?

0
Ese biremewe ko umugore asomera Qur'an ahantu hateraniye abagabo? Mu gusubiza iki kibazo,abamenyi mu by'amategeko y'idini aribo: Ayatullah Sistani na Imamu Khamenei: Bavuga ko umugore yemerewe gusomera Qur'an ahantu hari cyangwa hateraniye abagabo. Ariko igihe...

Ese hari itandukaniro hagati y’abagore n’abagabo muburyo bwo gufata wudhu ?

0
IKIBAZO Ese hari itandukaniro hagati yabagore n’abagabo mu gufata wudhu ? IGISUBIZO Amategeko y'idini avugako nta tandukaniro hagati y'abagore n'abagabo mugufata wudhu. Ariko ni mustahabu mugihe cyo koza amaboko ku bagabo igihe bari gufata wudhu ko bahera...

Ese igihe umuntu afite amasengesho menshi atasenze ni ngombwa ko najya kwishyura azayakurikiranya uko...

0
Ese igihe umuntu afite amasengesho menshi atasenze ni ngombwa ko najya kwishyura azayakurikiranya uko yagiye yangirika? Amategeko y'idini avuga ko igihe umuntu afite amasengesho menshi atasenze ntabwo ari ngombwa ko najya kwishyura azakurikiza uko...

Ese biremewe gusenya umusigiti? Amategeko arebana n’umusigiti (igice cya kabiri).

0
IKIBAZO Ese biremewe gusenya umusigiti? IGISUBIZO Gusenya umusigiti ukawukuraho burundu ntiwubake undi ntago byemewe (ni haram). Ariko gusenya umusigiti ugamije kubaka undi cyangwa kuvugurura uwaruhari,ntacyo bitwaye. IKIBAZO Ese biremewe gukorera inama, ibiganiro cyangwa ibindi byicaro mu musigiti? IGISUBIZO Gukorera inama cyangwa...

ESE UMUNTU YEMEREWE KUGURISHA UMUSIGITI? AMATEGEKO AREBANA N’UMUSIGITI ( IGICE CYA MBERE)

0
AMATEGEKO AREBANA N'UMUSIGITI ( IGICE CYA MBERE) IKIBAZO Umusigiti niki? IGISUBIZO Umusigiti ni inzu yubatswe  hagamijwe ko muriyo nzu hakorerwamo ibadat (kugaragira no kugandukira Allah).Ni ngombwa ko umuntu ugiye kubaka cyangwa kubakisha umusigiti, ashyiraho niyah(umugambi) y’umusigiti akanavuga ko...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka