asd

Sobanukirwa uko umuntu ubana n’ubumuga bwo kutavuga ( ikiragi) asenga muri Islamu?

0
   Uku niko umuntu ubana n'ubumuga bwo kutavuga ( ikiragi) akora isengesho muri Islamu Umuntu ashobora kugira ubumuga bwo kutavuga kubera impamvu zitandukanye. Hari ugira  ubumuga bwo kutavuga  kubera impamvu runaka(indwara,impanuka,...) ariko mbere yarahoze avuga, hakaba...

Menya icyo Idini ya Islamu ivuga ku kijyanye no gukuramo inda ku bushake

0
  Gukuramo inda muri islamu n'amategeko arebana nabyo Muri Islamu, amategeko y'idini avuga ko gukuramo inda umuntu abishaka igihe umwana yagezemo roho cyangwa itarajyamo bitemewe kandi ari icyaha gikomeye cyane. Umuntu ukuyemo inda(ni ukuvuga uwakoze icyo...

Sobanukirwa byinshi kuri Tahadjud (Igihagararo cy’Ijoro) umenye n’uko ikorwa

0
IGIHAGARARO CY'IJORO (TAHADJUD) Tahadjud itangira muri kimwe cya gatatu cya nyuma cy'ijoro gishyira ukurasa kw'izuba ikarangirana n'umuhamagaro w'isengesho rya mu gitondo, icyo ni cyo gihe cyayo kiza. Ariko umuntu ashobora no kuyisali mbere y'uko icyo...

Menya icyo amategeko y’idini avuga ku Rusimbi, Ikimina, gukina Biyari, Bettingi, Ikiryabarezi,gukina Amakarita na...

0
  URUSIMBI: Muri islamu,imikino ikinwa hagati y'abantu babiri cyangwa benshi,hagati y'umuntu n'imashini,... k'uburyo abo bantu barimo gukina bo ubwabo bashyiraho amafaranga cyangwa ikindi kintu cy'agaciro maze utsinze akaba aribyo ajyana,ndetse n'amarushanwa yandi yateguwe muri ubwo buryo....

Uko wamenya niba amafi ari Halal (aziruwe) cyangwa ari Haramu (aziririjwe)

0
Ni ayahe mabwiriza twagenderaho tukamenya ko amafi ari halal(aziruwe)? Hari amabwiriza agomba kugenderwaho kugira ngo tumenye ko amafi ari halal ariyo akurikira: Kuba amafi afite amagaragamba. Kuba amafi yarobwe ari mazima cyangwa se akaba yapfuye...

Imana ikura umugisha mu buzima bwe no mu mafunguro ye, utita ku isengesho azahura...

0
  IBIHANO N'INGARUKA BY'UTITA KU MASENGESHO (swalat)   سَيِّدَةِ النِّسَاءِ فَاطِمَةَ اِبْنَةِ سَيِّدِ اَلْأَنْبِيَاءِ صَلَوَاتُ اَللَّهِ عَلَيْهَا وَ عَلَى أَبِيهَا وَ عَلَى بَعْلِهَا وَ عَلَى أَبْنَائِهَا اَلْأَوْصِيَاءِ : أَنَّهَا سَأَلَتْ أَبَاهَا مُحَمَّداً صَلَّى اللَّهُ عَلَيْهِ وَ آلِهِ...

Menya byinshi kuri Wudhu Jabiirat n’uko ikorwa

0
  Jabiirat ni iki? : Ni ni ikintu cyose gishyirwa ahantu hakomeretse, hahiye, hababara, habyimbye cyangwa havunitse , cyaba igipfuko,igitambaro, ipamba,umuti, sima, igiti , bande n'ibindi. 1) IBINTU BITUMA UKORA WUDHU JABIIRAT: a) Gukomereka cyangwa kuzana igisebe...

Icyo amategeko ya Islamu avuga ku birebana no kureba amashusho y’urukozasoni (Pornography)

0
ICYO AMATEGEKO YA ISILAMU AVUGA KU IBIREBANA NO KUREBA AMASHUSHO Y’URUKOZASONI (PORNOGRAPHY) Isilamu yadusabye ko tugomba kuzajya duhora twubahiriza ibyavuzwe na Allah ushobora byose. Imana muri Qor'an ivuga ko abantu badakwiye kureba ibyaziririjwe kurebwa, aho ...

Menya uko Isengesho ry’ubwoba (Swalatu Khawufu) rikorwa n’impamvu rikorwa gutyo

0
SWALATU KHAWUFU (ISENGESHO RY’UBWOBA)  Isengesho ry’ubwoba (Swalatu Khawufu) rigira raka ebyiri zisengwa nk’uko isengesho rya mu gitondo risengwa( iyo ari ku masengesho ya rakat enye, bayacamo kabiri bagasenga rakat abyiri naho ku isengesho rya rakat...

Dore inenge zituma umugore n’umugabo bemererwa gusesa amasezerano y’abashakanye hadatanzwe gatanya (Italaqa)?

0
Ese ni ryari umugore n'umugabo bemerewe gusesa amasezerano y'abashakanye hadatanzwe gatanya (Italaqa)? Amategeko y'idini avuga ko iyo umugabo cyangwa umugore umwe muri bo asanze undi yari afite inenge zikomeye mbere yo gusezerana kandi umwe akaba...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka