test

Bimwe mu byaha n’ingaruka zabyo zihariye

0
BIMWE MU BYAHA N'INGARUKA ZABYO ZIHARIYE Bismillahi Rahmani Rahiim Mu buryo bwa rusange, buri cyaha gishobora gutuma umuntu agerwaho n'ibyago, amaduwa ye atakirwa, abura amafunguro n'imigisha,... Uyu ni wo mwimerere w'icyaha. Icyakoze muri riwayat zimwe na...

Ubusabe busomwa ku munsi wo kuwa gatatu

0
 IDUWA ISOMWA KUWA GATATU بِسْمِ ٱللَّهِ ٱلرَّحْمٰنِ ٱلرَّحِيمِ BISMILLAHI ALRRAHMANI ALRRAHIMI Ku izina ry’Imana ny’irimpuhwe ny’irimbabazi اَلْحَمْدُ لِلَّهِ ٱلَّذِي جَعَلَ ٱللَّيلَ لِبَاساً ALHAMDU LILLAHI LADHI JA`ALA LAYLA LIBASAN Ishimwe n’ikuzo bikwiye Allah we wagize ijoro kuba umwambaro وَٱلنَّوْمَ سُبَاتاً WA NAWMA SUBATAN N’ibitotsi...

Ni gute intera irihagati y’ukuri n’ikinyoma ingana n’intoki enye gusa?

0
INTERA IRI HAGATI Y'UKURI N'IKINYOMA Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (as) yaravuze ati: اَما اِنَّهُ لَيْسَ بَيْنَ الْحَقِّ وَ الْباطِلِ اِلاّ اَرْبَعُ اَصابِـعَ - فَسُئِلَ عَنْ مَعْنىقَولِهِ هذا، فَجَمَعَ اَصابِعَهُ وَ وَضَعَها بَيْنَ اُذُنِهِ وَ...

Dore icyo usabwa gukora niba wifuza gusabirwa n’abamalayika

0
Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Zaynul al Abidiina (as) yaravuze ati: إن الملائكة إذا سمعوا المؤمن يدعو لأخيه المؤمن بظهر الغيب أو يذكره بخير قالوا نعم الأخ أنت لأخيك تدعو له بالخير وهو...

Nimujye kwaka ibihembo byanyu babandi mwiyerekaga mu isi

0
IBANGIKANYAMANA RITO Intumwa y'Imana Muhammad (s) yaravuze ati: إِنَّ أَخْوَفَ مَا أَخَافُ عَلَيْكُمُ اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ قَالُوا وَ مَا اَلشِّرْكُ اَلْأَصْغَرُ يَا رَسُولَ اَللَّهِ قَالَ اَلرِّيَاءُ يَقُولُ اَللَّهُ عَزَّ وَ جَلَّ يَوْمَ اَلْقِيَامَةِ إِذَا جَازَى اَلْعِبَادَ بِأَعْمَالِهِمْ...

Ese buri wese ukunda ntagira akanya kihariye ko kuganira n’umukunzi we?

0
Mu gitabo cyahawe Intumwa Muusa (tawrat) hari aho Allah yamubwiye ati: يَابْنَ عِمْرانَ! كَذِبَ مَنْ زَعَمَ اَنَّهُ يُحِبُّنى، فَاِذا جَنَّهُ اللَّيْلُ نامَ عَنّى. اَلَيسَ كُلُّ مُحِبٍّ يُحِبُّ خَلْوَةَ حَبيبهِ؟ "Yewe mwene I'imran! Ni umubeshyi wawundi uvugako...

Ngiri ibangikanyamana ritagombera gusenga izuba, ukwezi cyangwa ibindi bigirwamana

0
GUKUNDA IBYUBAHIRO N'UBUTEGETSI Kimwe mu bintu bikomeye bamwe mu bana ba Adam bahura nabyo hano ku isi ni ukugira uburwayi bw'amarangamutima yihishe aganisha ku kwigomeka kuri Allah ashingiye ku gukunda ibyubahiro n'ubutegetsi. Idini ritagatifutse rya islam...

Ese biremewe kurogesha umuntu mu rwego rwo kwihorera?

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM Ikibazo: Ese kurogesha umuntu waguhemukiye agapfa cyangwa ukamugira umusazi biremewe mu idini? Igisubizo: Ntabwo byemewe. Ubusobanuro: - Kwica umuntu ntabwo byemewe n'amategeko y'idini kabone n'ubwo yaba yarakwiciye, ibijyanye no guhora no guhana byose bifite uko bikorwa hagendewe...

Ni gute nakwigobotora ingoyi y’ingeso mbi yo kubeshya yanyigaruriye?

0
IKIBAZO Mfite ingeso yo kubeshya kuburyo ubu ngeze ku rwego rwo kubeshya no mubyo ntabajijwe kandi iyo ndimo kubeshya mba numva meze nk'uryohewe nabyo. None ndagirango mumfashe kuko ndashaka kureka iyo ngeso mbi. IGISUBIZO Izi ni zimwe...

Ni gute bazaba mu muriro iteka ryose kandi barabayeho igihe gito mu isi?

0
IKIBAZO Ubwose ni ubuhe butabera burimo mu kuba abantu bazaba mu ijuru cyangwa mu muriro iteka ryose kandi barabaye ku isi agahe gato? IGISUBIZO Umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Swadiq (as) yaravuze ati: إنما خلد أهل النار...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka