kwiyegurira Imana no kuyishingikirizaho ni rimwe mu mategeko kandi akomeye Imana yahaye kiremwa muntu
Bismillahi Rahmaani Rahiim
Rimwe mu mategeko y'ingenzi kandi akomeye Imana nyagasani Allah s.w.t yahaye umuntu, ni ukwiyegurira Imana no kuyishingikirizaho akaba ari yo ahanga amaso ku byifuzo bye byose!
Quran muri Surat Luqmaan,ayat ya 22 iragira...
Hari igihe kizagera abantu bajye bahunga abamenyi nk’uko umukumbi uhunga ikirura-Rasulullah
Ntabwo bikwiye ko tujya kure y'abamenyi
Intumwa y'Imana Muhammad (sallallahu alayji wa aalihi wa sallam) yaravuze ati:
سَیَأتی زَمانٌ عَلی اُمتَّی یَفِرُّونَ مِنَ الْعُلَماءِ کَما یَفِرُّ الْغَنَمُ مِنَ الذِّئْبِ، إبْتَلاهُمُ اللّهُ بِثَلاثَهِ أشْیاء: الاْوَّلُ: یَرَفَعُ الْبَرَکَهَ...
Ni gute intera irihagati y’ukuri n’ikinyoma ingana n’intoki enye gusa?
INTERA IRI HAGATI Y'UKURI N'IKINYOMA
Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (as) yaravuze ati:
اَما اِنَّهُ لَيْسَ بَيْنَ الْحَقِّ وَ الْباطِلِ اِلاّ اَرْبَعُ اَصابِـعَ - فَسُئِلَ عَنْ مَعْنىقَولِهِ هذا، فَجَمَعَ اَصابِعَهُ وَ وَضَعَها بَيْنَ اُذُنِهِ وَ...
Ururimi ni inyamanswa ishobora koreka imbaga y’abantu
URURIMI NI INYAMASWA ISHOBORA KOREKA MBAGA Y'ABANTU
Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam) yaravuze ati:
“Kandi nti mugatume hari ikibabuza kugira imico myiza kuko imico myiza iyo ivuyeho, mu mwanya wayo hajyamo imibi.
Buri...
Ni gute nakwigobotora ingoyi y’ingeso mbi yo kubeshya yanyigaruriye?
IKIBAZO
Mfite ingeso yo kubeshya kuburyo ubu ngeze ku rwego rwo kubeshya no mubyo ntabajijwe kandi iyo ndimo kubeshya mba numva meze nk'uryohewe nabyo. None ndagirango mumfashe kuko ndashaka kureka iyo ngeso mbi.
IGISUBIZO
Izi ni zimwe...
Ese biremewe kurogesha umuntu mu rwego rwo kwihorera?
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM
Ikibazo:
Ese kurogesha umuntu waguhemukiye agapfa cyangwa ukamugira umusazi biremewe mu idini?
Igisubizo:
Ntabwo byemewe.
Ubusobanuro:
- Kwica umuntu ntabwo byemewe n'amategeko y'idini kabone n'ubwo yaba yarakwiciye, ibijyanye no guhora no guhana byose bifite uko bikorwa hagendewe...
Ni nde utinya Imana kurusha abandi?
Ni nde utinya Imana kurusha abandi?
قَالَ رَسُولُ اَللَّهِ صَلَّى اَللَّهُ عَلَيْهِ وَ آلِهِ: اَتقَى النّاسِ مَن قالَ الحَقَّ فيما لَهُ و َعَلَيهِ؛
Intumwa y'Imana Muhammad(s):
Utinya Imana kurusha abandi ni wawundi uvugisha ukuri haba ku bimufitiye inyungu cyangwa...
Ingaruka za bimwe mu byaha dukora, ibyaha bituma ubusabe butakirwa
INGARUKA ZA BIMWE MU BYAHA DUKORA.
Muri dua kumayl hari aho tugera tugatakambira Imana tugira duti:
اللهمّ اغفر لي الذنوب التي تحبس الدعاء
"Mana Nyagasani! Mbabarira byabyaha bituma ubusabe bwanjye butakirwa!"
Ubwo umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad...
Ese buri wese ukunda ntagira akanya kihariye ko kuganira n’umukunzi we?
Mu gitabo cyahawe Intumwa Muusa (tawrat) hari aho Allah yamubwiye ati:
يَابْنَ عِمْرانَ! كَذِبَ مَنْ زَعَمَ اَنَّهُ يُحِبُّنى، فَاِذا جَنَّهُ اللَّيْلُ نامَ عَنّى. اَلَيسَ كُلُّ مُحِبٍّ يُحِبُّ خَلْوَةَ حَبيبهِ؟
"Yewe mwene I'imran! Ni umubeshyi wawundi uvugako...
Ubusabe busomwa ku munsi wo kuwa gatatu
IDUWA ISOMWA KUWA GATATU
بِسْمِ ٱللَّهِ ٱلرَّحْمٰنِ ٱلرَّحِيمِ
BISMILLAHI ALRRAHMANI ALRRAHIMI
Ku izina ry’Imana ny’irimpuhwe ny’irimbabazi
اَلْحَمْدُ لِلَّهِ ٱلَّذِي جَعَلَ ٱللَّيلَ لِبَاساً
ALHAMDU LILLAHI LADHI JA`ALA LAYLA LIBASAN
Ishimwe n’ikuzo bikwiye Allah we wagize ijoro kuba umwambaro
وَٱلنَّوْمَ سُبَاتاً
WA NAWMA SUBATAN
N’ibitotsi...