Mfite abavandimwe kandi ngerageza kubabanira neza ariko bo bagahora bambangamira…
ISLAM YIGISHA AMAHORO NTAbwO YIGISHA URWANGO
عَنْ عَبد الله ابن طَلِحةَ قال سَمِعتُ ابَا عَبدُ اللهِ الصادق إنّ رَجُلا أتي النَّبيّ صّلى الله عليه وآله
فقال: يا رسول الله إنّ لى أهلا و قد كنت أصلُهُم...
Data yangiriye inama yo kutazigera ngirana ubucuti n’abantu bakurikira
IZI NAMA UZIKURIKIJE NTAKABUZA WAROKOKA
Bivuye ku mwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Baqir (as) yaravuze ati:
Data (Zain al Abidiina as) yangiriye inama ko ntagomba gucudika n'aba bantu bakurikira:
اياک و مصاحبة الکذاب فانه بمنزلة السراب...
Ukuri k’umugore muri Islam
UKURI KUMUGORE MURI ISLAM
Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Sadjad (as) yaravuze ati:
و أمّا حَقُّ الزَّوجَةِ فأن تَعلَمَ أنَّ اللّه َ عزّ و جلّ جَعَلَها لكَ سَكَنا و اُنْسا ، فَتَعلَمَ أنَّ...
Mbere na mbere umuturanyi, hanyuma mu rugo…imwe mu mico myiza yaranze Fatimat Zahra s.a
Imwe mu mico myiza n'imyifatire byaranze umukobwa w'Intumwa y'Imana Muhammad (sallallahu alayhi wa aalih) Fatimah az-Zahra (alayha salaam) ni ugusabira abandi mbere y'uko yisabira no gukunda no kubanira neza abaturanyi...
Bivuye ku mfura ye Imam...
Dore icyo usabwa gukora niba wifuza gusabirwa n’abamalayika
Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Zaynul al Abidiina (as) yaravuze ati:
إن الملائكة إذا سمعوا المؤمن يدعو لأخيه المؤمن بظهر الغيب أو يذكره بخير قالوا
نعم الأخ أنت لأخيك تدعو له بالخير وهو...
Umuntu urangwa n’ibi bintu ni indyarya kabone n’ubwo yaba akora hijja,asenga cyangwa se afunga
IBIMENYETSO BY'INDYARYA
Intumwa y'Imana Muhammad yaravuze ati:
ثلاثٌ مَنْ كُنَّ فيهِ فَهُوَ مُنافِقٌ وَ اِنْ صامَ وَ صَلّى وَحَجَّ وَاعْتَمَرَ وَقالَ مَنْ اِذا حَدَّثَ كَذِبَ وَ اِذا وَعَدَ اَخْلَفَ وَ اِذَا ائْتُمِنَ خانَ
Umuntu uragwa n'ibintu...
Ntihakagire umwe muri mwe uvuga ngo mu by’ukuri hari uwibanze kuri njye mu gukora...
Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam) yaravuze ati:
افْعَلُوا الْخَيْرَ وَ لَا تَحْقِرُوا مِنْهُ شَيْئاً، فَإِنَّ صَغِيرَهُ كَبِيرٌ وَ قَلِيلَهُ كَثِيرٌ. وَ لَا يَقُولَنَّ أَحَدُكُمْ إِنَّ أَحَداً أَوْلَى بِفِعْلِ الْخَيْرِ مِنِّي، فَيَكُونَ وَ...
Ni gute intera irihagati y’ukuri n’ikinyoma ingana n’intoki enye gusa?
INTERA IRI HAGATI Y'UKURI N'IKINYOMA
Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (as) yaravuze ati:
اَما اِنَّهُ لَيْسَ بَيْنَ الْحَقِّ وَ الْباطِلِ اِلاّ اَرْبَعُ اَصابِـعَ - فَسُئِلَ عَنْ مَعْنىقَولِهِ هذا، فَجَمَعَ اَصابِعَهُ وَ وَضَعَها بَيْنَ اُذُنِهِ وَ...
Ururimi ni inyamanswa ishobora koreka imbaga y’abantu
URURIMI NI INYAMASWA ISHOBORA KOREKA MBAGA Y'ABANTU
Umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam) yaravuze ati:
“Kandi nti mugatume hari ikibabuza kugira imico myiza kuko imico myiza iyo ivuyeho, mu mwanya wayo hajyamo imibi.
Buri...
Igihe ubwira abandi, koresha imvugo nziza
Umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad bn Aliy Imam Baqir (alayhima salaam) yaravuze ati:
قولوا للناس احسن ما تحبون ان یقال لکم
Ni mubwire abandi neza nk'uko mwifuza kuba mwabwirwa neza namwe
📚Biharul Anwar Umz. 65 urp. 152