test

Ese mu by’ukuri kubona Imana birashoboka?

28
Intumwa y'Imana Muhamad (salallahu alayhi) yaragize iti: Uwamenye nafsi ye yamenye Nyagasani we. "من عرف نفسه فقد عرف ربه" Ikibazo: Ni gute kumenya roho y'umuntu byamufasha kumenya Nyagasani we? Ibi ni bimwe mu bisobanuro: 1. Roho y'umuntu...

Ese umuntu ashobora kuba uwubashywe imbere y’Imana kurusha abamalayika bayo?

10
Muri Koroani ntagatifu,Imana iratubwira iti: Wa laqad karamnaa baniy Adam : Mu byukuri twubahishije umuntu(Q17:70) Imana nyagasani yaremye umuntu mu buryo bwubahitse irangije imuha ubwenge n' amahitamo yo gukora icyo ashatse kuri ino si hanyuma akagerwaho...

Inenge zituma umugore n’umugabo bemererwa gusesa amasezerano y’abashakanye

0
Abamenyi (marajiu) b'idini aribo Ayatullah Sistani, Makarem Shirazi na Imamu Khamenei: Bavuga ko iyo umugabo cyangwa umugore umwe muri bo asanze undi yari afite inenge zikomeye mbere yo gusezerana kandi umwe akaba atari yarabibwiye undi...

Ese Abaimam ( abayobozi bahawe ubuyobozi na Allah) kuki bagomba kuba abaziranenge?

0
Imamu Ridwa (alayhi salaam) mu gusobanura ayat ya kane yo muri surat Djum'a igira iti: ذَٰلِكَ فَضْلُ اللَّهِ يُؤْتِيهِ مَنْ يَشَاءُ ۚ وَاللَّهُ ذُو الْفَضْلِ الْعَظِيمِ Iyo ni ingabire ya Allah agenera uwo ashatse (mu bagaragu...

Ese islamu yaba yemererera abagabo gukubita abagore babo?

0
     ESE ISLAM IHA ABAYOBOKE BAYO UBURENGANZIRA BWO GUKUBITA ABAGORE BABO?   Turasubiza iki kibazo twisunze Quran ntagatifu yo vomo ry’ibanze ry’inyigisho n’imyemerere ya kiislamu الرِّجَالُ قَوَّامُونَ عَلَى النِّسَاءِ بِمَا فَضَّلَ اللَّهُ بَعْضَهُمْ عَلَى بَعْضٍ وَبِمَا أَنْفَقُوا...

Ni gute nakwigobotora ingoyi y’ingeso mbi yo kubeshya yanyigaruriye?

0
IKIBAZO Mfite ingeso yo kubeshya kuburyo ubu ngeze ku rwego rwo kubeshya no mubyo ntabajijwe kandi iyo ndimo kubeshya mba numva meze nk'uryohewe nabyo. None ndagirango mumfashe kuko ndashaka kureka iyo ngeso mbi. IGISUBIZO Izi ni zimwe...

Ikibazo n’igisubizo ku rutonde rw’imizi n’amashami y’idini

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM IKIBAZO: Ese urutonde rw’imizi y’idini n’amashami y’idini rwaba rwaraturutse kuri hadith n’imvgo z’amaimam(a.s)? niba igisubizo ari yego, izo hadith ni izihe? Niba atari ko bimeze, urwo rutonde rwakozwe ryari? Rukorwa nande? ___________ INSHAMAKE Y’IGISUBIZO: Urutonde rwa...

Ni gute bazaba mu muriro iteka ryose kandi barabayeho igihe gito mu isi?

0
IKIBAZO Ubwose ni ubuhe butabera burimo mu kuba abantu bazaba mu ijuru cyangwa mu muriro iteka ryose kandi barabaye ku isi agahe gato? IGISUBIZO Umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Muhammad (s) Imam Swadiq (as) yaravuze ati: إنما خلد أهل النار...

Ese biremewe kurogesha umuntu mu rwego rwo kwihorera?

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM Ikibazo: Ese kurogesha umuntu waguhemukiye agapfa cyangwa ukamugira umusazi biremewe mu idini? Igisubizo: Ntabwo byemewe. Ubusobanuro: - Kwica umuntu ntabwo byemewe n'amategeko y'idini kabone n'ubwo yaba yarakwiciye, ibijyanye no guhora no guhana byose bifite uko bikorwa hagendewe...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka