test

Bimwe mu bikorwa ngandukiramana bikorwa mu cyakabiri cy’ukwezi kwa Sha’aban

0
Bimwe mu bikorwa by'ijoro rya Nisfu-shaaban ________________ 1- Gukora ghusl (kwiyuhagira). Imam Swadiq (a.s) yaravuze ati: Ni mufunge ukwezi kwa Sha'aban maze ni kugeramo hagati muzakore ghusl kuko iki gikorwa gituma muhanagurwaho ibyaha ndetse kikanatuma impuhwe za...

Allah ni we mugenga kandi ni we mutabazi

0
Bismillahi Rahmaani Rahiim   بَلِ اللَّهُ مَوْلَاكُمْ وَهُوَ خَيْرُ النَّاصِرِينَ Ahubwo Allah ni we mugenga wanyu kandi ni we mutabazi uhebuje. Surat al Imran, 150. Muri Ayat ibanziriza iyi, Quran ivuga ku bijyanye no kumvira abahakanyi, ikabuza abemeramana kumvira...

Ibikorwa byihariye bikorwa ku munsi w’itabaruka rya imam Ridhwa a.s

0
Inna lillahi wa inna ilayhi rajiuna IBI NI BIMWE MU BIKORWA NGANDUKIRAMA BIKORWA MU IJORO RY'ITABARUKA RYA IMAM RIDHWA ALAYHI SALAAM 1. Gutanga iswadaqah 2. Gukora Ghusl 3. Gukora swalawatu ya Imam Ridhwa (as) اللهّمَ صَلّ عَلی عَلی بنْ...

Inkuru itangaje ya Bani Israil igaragara muri Quran ku nka yagombaga kugaragaza umwicanyi

0
  Habayeho Umugabo w'umugiraneza wubahaga ababyeyi be cyane, umunsi umwe rero, ubwo se yari aryamye haje umukiriya washakaga kugura ibicuruzwa, uwo muguzi yari aje kugura ibintu byinshi ndetse akanabungura amafaranga menshi ariko urufunguzo rw'iduka rwari...

Guhakana ibimenyetso bya Allah bigeza ku gihombo gihambaye

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM وَمَنۡ خَفَّتۡ مَوَٰزِينُهُۥ فَأُوْلَٰٓئِكَ ٱلَّذِينَ خَسِرُوٓاْ أَنفُسَهُم بِمَا كَانُواْ بِ‍َٔايَٰتِنَا يَظۡلِمُونَ Naho abo iminzani (y’ibikorwa byabo byiza) izaba yoroshye; abo ni ba bandi bihombeje kubera ko bahakanaga amagambo yacu. Surat al A'araf, 09. ___________ Khisaarat, ni...

Ikibazo n’igisubizo ku rutonde rw’imizi n’amashami y’idini

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM IKIBAZO: Ese urutonde rw’imizi y’idini n’amashami y’idini rwaba rwaraturutse kuri hadith n’imvgo z’amaimam(a.s)? niba igisubizo ari yego, izo hadith ni izihe? Niba atari ko bimeze, urwo rutonde rwakozwe ryari? Rukorwa nande? ___________ INSHAMAKE Y’IGISUBIZO: Urutonde rwa...

Ingaruka za bimwe mu byaha dukora, ibyaha bituma ubusabe butakirwa

0
INGARUKA ZA BIMWE MU BYAHA DUKORA. Muri dua kumayl hari aho tugera tugatakambira Imana tugira duti: اللهمّ اغفر لي الذنوب التي تحبس الدعاء "Mana Nyagasani! Mbabarira byabyaha bituma ubusabe bwanjye butakirwa!" Ubwo umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad...

Ese ni wowe wiremye, utunganya umubiri wawe, unishyiramo roho?

0
Yewe muntu! Mu by’ukuri... Muri hadith al Qudus Allah (swt) aragira ati: أأنت خلقت نفسك، وسويت جسمك، ونفخت روحك إن كنت فعلت ذلك. وأنت النطفة المهينة، والعلقة المستضعفة، والجنين المصرور في صرة، فأنت الان في كمال أعضائك...

Zimwe mu mpanuro z’umuyobozi w’abemera Aliy bn Abi Talib as

0
  Izi ni zimwe mu mpanuro zagiye zitagwa n'umuyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (as) دع سرك بين اثنين : نفسك وربك "Rekera ibanga ryawe hagati ya babiri: Hagati yawe n’Imana yawe." واحرص في الدنيا على رضى...

Gusuzuma no kunenga imyemerere y’abawahabi ivuguruza ubumenyi bw’intumwa y’Imana Muhammad (s) ku ndyarya.

0
BISMILLAHI RAHMAANI RAHIIM Gusuzuma no kunenga imyemerere y’abawahabi ivuguruza ubumenyi bw’intumwa y’Imana Muhammad (s) ku ndyarya. INSHAMAKE Ibn Taymiyah n’agatsiko kamukurukiye bahakana ubumenyi bw’intumwa y’Imana(s) ku banafiqi (indyarya) bakavuga ko Intumwa y’Imana(s) itari izi indyarya z’i Madina...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka