test

Ese umuntu ashobora kuba uwubashywe imbere y’Imana kurusha abamalayika bayo?

10
Muri Koroani ntagatifu,Imana iratubwira iti: Wa laqad karamnaa baniy Adam : Mu byukuri twubahishije umuntu(Q17:70) Imana nyagasani yaremye umuntu mu buryo bwubahitse irangije imuha ubwenge n' amahitamo yo gukora icyo ashatse kuri ino si hanyuma akagerwaho...

Hadith zivuga ubuhambare bw’abo mu muryango w’intumwa y’Imana

0
1. Ibiremereye bibiri twasigiwe ngo bituyobore Intumwa y'Imana Muhamad (swalallahu alayhi wa aalihi wa salam) yaragize iti: إنّي تاركٌ فيكم الثقلين ما إن تَمَسَّكم بهما لن تضلّوا بعدي كتابَ اللَّه وعترتي أهلَ بيتي، لن يفترقا حتى...

Kuki tugomba gusenga Imana imwe rukumbi?

0
Imana ihabwa agaciro gahambaye cyane n’ikiremwa muntu. Yaba Imana igaragara  bikoreye, babumbye cyangwa bumvikanyeho cyangwa se Imana imwe rukumbi itagaragara ari nayo amadini menshi nk'Abasilamu, Abakristu, Abayahudi n'ayandi bemera. Ibi rero biratwereka ko abantu benshi...

Abamenyi b’Abasuni bemera ko Tawasulu yemewe kandi iziruwe

0
Tawasulu na Tawhid ------------------------- Ubundi tawasulu ni ukwifashisha uburyo runaka hagamijwe intego yihariye. Umwemeramana akoresha uburyo bwose bushoboka kandi butandukanye kugira ngo abashe kugerwaho n'impuhwe n'imbabazi by'Imana. Ubwo buryo umwemeramana yifashisha ntago bwigenga kuri Allah, bivuze ko...

Ese koko umunyacyubahiro intumwa y’Imana Muhamad yasize nta muyobozi asigiye abemera?

0
Muri ino nyandiko ntabwo turi bwibande ku mirongo ya Quran cyangwa se ku mvugo z'intumwa y'Imana, ahubwo turaza kugereranya ibintu bimwe na bimwe bishobora kudufasha kwibaza niba koko bishoboka ko intumwa yava ku isi...

Impamvu zigaragaza ko kubona Imana n’amaso yacu bitashoboka ndetse bitazanashoboka ku munsi w’imperuka.

0
Swafwan ibn Yahya wari umunyeshuli wa Imam Ridhwa (alayhi salam) atubwira inkuru y'ukuntu rimwe uwitwa Abu Qurat Muhadith (uyu ni umwe mu bamenyi ba hadith muri ahlusunna) yamusabye ko yamusabira kubonana na Imam Ridhwa...

Abahamya b’ibikorwa byacu ku munsi w’imperuka ni bande?

0
ABAHAMYA B’IBIKORWA BYACU KU MUNSI W’IMPERUKA   وَ مَنْ أَظْلَمُ مِمَّنِ اِفْتَرىٰ عَلَى اَللّٰهِ كَذِباً أُولٰئِكَ يُعْرَضُونَ عَلىٰ رَبِّهِمْ وَ يَقُولُ اَلْأَشْهٰادُ هٰؤُلاٰءِ اَلَّذِينَ كَذَبُوا عَلىٰ رَبِّهِمْ أَلاٰ لَعْنَةُ اَللّٰهِ عَلَى اَلظّٰالِمِينَ Ni nde nkozi y’ibibi kurusha...

Ese Abasilamu bemera intumwa zose z’Imana?

0
Abasilamu  bemera intumwa zose zoherejwe n'Imana kuva ku ntumwa y'Imana Adam(as) kugeza ku ntumwa yasozereje izindi ariyo Muhammad(s) kandi bakaziha agaciro gahambaye. Kwemera intumwa y'Imana Muhammad(s) ni imwe mu nkingi z'ukwemera islamu ishingiyeho aho...

Inshamake y’ubuzima bwa imamu Hasan Askariy(alayhi salaam)

0
INSHAMAKE Y'UBUZIMA BWA IMAMU HASAN AL ASKARIY (alayhi salaam)   Izina: Hassan Izina bamuhamagaraga: Abu Muhammad Irihimbano: Askariy Se umubyara: Imamu Aliy al Hadiy(alayhi salaam) Nyina: Hudayith Aho yavukiye: Madina ntagatifu Itariki yavutseho: 8 Rabiu Thaniy (umwaka wa 232 Hijiria) Imyaka yamaze ku...

Impanuro buri mubyeyi yakwifuza guha umwana we

0
Impanuro buri mubyeyi yakwifuza guha umwana we Mwana wange; Ndaguhanura nguhamagarira gutinya Imana nyagasani no kuyumvira iteka no kubaka umutima wawe binyuze mu guhora uyizirikana no kuyishikamaho. Ese hari umubano mwiza waruta umubano wawe n'Imana Nyagasani...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka