Imamu Mahdi(ajtfs) ni muntu ki?
IVUKA RYA IMAMU MAHADI (aj)
Imamu Mahadi(aj)yavutse taliki ya 15 z'ukwezi kwa Shaban mu mwaka wa 255 hijriya.
- Se ni Imamu Hassan Askariy(as)
- Nyina ni Narjis Khatun Cyangwa Milika.
NARJIS UWO ARIWE NUKO YASHAKANYE NA...
UMWIHARIKO N’IBYIZA BYA SURAT AL-TAWHIID [ubumwe bwa Allah]
UMWIHARIKO N'IBYIZA BYA SURAT AL-TAWHIID
✅Surat al-Tawhiid ni isurah ya 112 muri Quran.
✅Surat al-Tawhiid iboneka mu gice cya 30 cya Quran.
✅Surat al-Tawhiid igizwe n'imirongo 4.
✅Surat al-Tawhiid ni imwe mu masurah yamanukiye i...
Sobanukirwa ubuhanga bwa Imam Ally(as) uko yasubizaga ibibazo byabaga byananiranye
IMAMU ALLY(as) ASUBIZA PADIRI JATHILIQ
Salman Farsi wari umusangirangendo w'intumwa y'Imana Muhammad(saww) aratubwira inkuru y'ukuntu nyuma gato yo kwitaba Imana kw'intumwa y'Imana Muhammad(saww) ubusilamu bwari bugiye kugwa mu kaga ariko ku bubasha bw'Imana butabarwa...
Amateka y’abagore bafashije ubuislamu ku gihe cy’intumwa n’amasomo twabigiraho
Isomo: Amateka
Ingingo: Amateka y’abagore bafashije ubuislamu ku gihe cy’intumwa n’amasomo twabigiraho
Amateka ni iki?
Ni ubumenyi bwiga ku byabayeho mu gihe cyahise.
Kuki tugomba kwiga amateka?
Tumenya kandi tugasobanukirwa ibyabayeho mbere yacu
Bikaduha amasomo...
Ese adhana y’abashiya itandukaniye he niyo batoraga mu gihe cy’intumwa Muhammad(s)?
IKIBAZO:
Nifuzaga kubaza ibyerekeye na adhana y'abashia; ese itandukaniye he niyo batoraga mu gihe cya Rasulu?
IGISUBIZO
Mbere gato y’uko dusubiza ikibazo cyabajijwe, reka tugire icyo twungurana ku bijyanye na ADHANA.
Nk’uko tubizi mu magambo make, adhana muri...
Tumenye abamenyi bakoresheje umuhate wabo mu gusigasira ubumenyi dufite ubu (igice cya mbere)
Tumenye abamenyi bubatse izina muri madh’heb ya shia -1
Kugirango kugeza ubu tube dufite inyigisho zikomoka ku ntumwa y’Imana n’abasigire bayo baziranenge ari bo baimamu cumi na babiri (alayihim salaam), ni uko hari abamenyi bakoresheje...
Amategeko ajyanye na Taqlid, umuislamu afite uburyo bubiri bwo guhamanya n’umutima we ko yubahirije...
AMATEGEKO AREBANA NA TAQLID
Intangiriro
Amategeko y’idini, ni amategeko n’amabwiriza bigenga ibikorwa n’imyitwarire bya muntu ku buryo uwo muntu abaho bijyanye n’uko idini ribitegenya. Ni ngombwa rero ko umuntu amenya ayo mategeko n’amabwiriza kugirango ahamanye n’umutima...
Menya amateka ya Mariyamu [Bikira Mariya (as)] nyina wa Yesu [Issa(as)] umenye n’uko Abasilamu...
Menya amateka ya Mariyamu nyina wa Yesu umenye n'uko Abasilamu bamwemera.
Kanda hano hasi:
AMATEKA YA MARIYAMU (AS)
Tumenye abamenyi bubatse izina muri madh’heb ya shia -2
Tumenye abamenyi bubatse izina muri madh’heb ya shia -2
Kugirango kugeza ubu tube dufite inyigisho zikomoka ku ntumwa y’Imana n’abasigire bayo baziranenge ari bo baimamu cumi na babiri (alayihim salaam), ni uko hari abamenyi bakoresheje...
Gusura amarimbi y’abemeramana bituma twunga ubumwe na bo kandi natwe bikaduhesha ibyiza byinshi
Umuco wo gusura amarimbi y’abemeramana
Imam Musa bn Jafar(a.s) yaravuze ati “umuntu udafite ubushobozi bwo kudusura, ajye asura amarimbi y’abemeramana kandi b’abakunzi bacu kugirango yandikirwe ibihembo bingana n’ibyo kudusura…”
Gusura amarimbi y’abavandimwe bacu bitabye Imana, ni...