test

ISHYARI(2): Ibintu 6 bituma abantu bagirirana ishyari

24
-Ubushize twari twarebeye hamwe umwe mu mico mibi tubuzwa na Allah s.w.t ukaba ari umuco mubi w'ishyali, tubona ko ishyari ari imyumvire n'ibyiyumviro byo kubabazwa n'inema z'abandi ndetse umunyeshyari akumva kandi akifuza ko inema...

Ni gute tugomba gushimira inema twahawe na Nyagasani?

15
Qor’an ntagatifu iragir iti: إنَّ الله لَذُو فَضلٍ عَلَي النَّاسِ وَلَكِنَّ أَكثَرَ النَّاسِ لا يَشكُرُون ❝ Mu by’ukuri Imana Nyagasani ni nyiri kugirira neza abantu bose; ariko abenshi mu bantu ntibajya bashimira ❞ Qor’an 2:243 🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹 Ugushimira Imana nyagasani...

Inama 5 z’ingirakamaro imam Ali yagiriye umuswahaba we Kumayl

14
Yewe kumayll jya uvugisha ukuri igihe cyose, ukunde abatinya Imana, ujye kure y'abangizi n'abanyabyaha , kandi witondere indyarya, ndetse ntukagirane ubucuti n'abahemu Ubusobanuro buto: Amil almuminina Ali (alayhi salaam) aragira inama eshanu zo kubaho neza umuswahaba...

HADITH: Ni iki kiranga umuvandimwe nyawe?

0
1. Ikiranga umuvandimwe mwiza :(امام صادق (علیه السلام أَحَبُّ إِخْوَانِي إِلَيَّ مَنْ أَهْدَى إِلَيَّ عُيُوبِي Imam Swadiq (alayhi salaam) yaragize ati: Umukundwa mu bavandimwe banjye ni wawundi umbwira inenge zanjye Al-kaafi, umz 2, urp 639 2. Igituma umuvandimwe atuza :الرسول صلى...

Amasomo y’ingenzi cyane y’imibereho twiga ku buzima bwa Imam Sajjad (alayhi salam)

0
Bimwe mu bitabo by’amateka bigaragaza ko Imam Sajad (alayhi salam) yavutse ku italiki eshanu z’ukwezi kwa Sha’abani akaba yarabayeho mu gihe cy’ubu imamu bw’abaimamu batatu, imyaka ibiri ku gihe cy’ubuimam bwa sekuru we ariwe...

Ese inkurikizi yo kureba ibyo Imana yatubujije ni iyihe?

0
  ‎ـ المسيحُ (عَلَيهِ الّسَلامُ): لا تَكُونَنَّ حَديدَ النَّظَرِ إلى ما لَيسَ لكَ فإنّهُ لَن يَزنِي فَرجُكَ ما حَفِظتَ عَينَكَ ، فإن قَدَرتَ أن لا تَنظُرَ إلى ثَوبِ المرأةِ التي لا تَحِلُّ لكَ فافعَل Intumwa y'Imana...

Ese umuco wo gusurana muri Islam ukorwa gute!? (Igice cya mbere)

0
Ese umuco wo gusurana muri Islam ukorwa gute? ___________ Islam yagaragaje uburyo bwiza bwo gusurana nko : Kugerera ku gihe aho ugiye gusura ; kwinjira ari uko uhawe uruhushya ; kwirinda kujya ahantu batagutumiye ;kwirinda kubangamira abo...

Ese ishyari ni iki? Ese ni izihe ngaruka ziterwa naryo?

3
Imana Nyagasani muri Qor'an ntagatifu iragira iti: وَدَّ كَثِيرٌ مِنْ أَهْلِ الْكِتَابِ لَوْ يَرُدُّونَكُمْ مِنْ بَعْدِ إِيمَانِكُمْ كُفَّارًا حَسَدًا مِنْ عِنْدِ أَنْفُسِهِمْ مِنْ بَعْدِ مَا تَبَيَّنَ لَهُمُ الْحَقُّ ۖ... Surat Al-Baqarah 109 Ayat tumaze gusoma ni ayat...

Ibyiza by’ukwezi kwa Dhul’hijja n’imigisha ikubiyemo

0
Ibyiza by'ukwezi kwa Dhulhija; Kuva ku munsi wa mbere kugeza ku munsi wa cumi w'ukwezi kwa zhulhija ni imwe mu minsi y'umwaka ifite ibyiza bihambaye kandi ikagira ibikorwa byihariye muri kuno kwezi harimo ama layidi...

Impamvu zituma umuryango (family) ukomera

0
Impamvu zituma umuryango(family) ukomera Ikintu cyose cyubatswe, bisaba ko kitabwaho kugira ngo kitazasenyuka ; kuko uko cyubatswe ni nako gishobora gusenyuka dore ko kitahozeho mbere; reka turebere hamwe ibintu bituma umuryango ukomera ntusenyuke. ◄ (1) Gushimira...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka