test

Ibihe bibi kurusha ibindi, ab’igitsina gore bazaba batakikwiza, bambara ubusa, idini barayiteye umugongo…

0
IBIMENYETSO BYO KURANGIRA KW'ISI Uwitwa al-Asbaghu mwene Nubatat abikuye ku muyobozi w'abemeramana Aliy mwene Abi Talib (alayhi salaam ) yavuze ko yumvishe avuga ngo: يَظْهَرُ فِي آخِرِ اَلزَّمَانِ وَ اِقْتِرَابِ اَلسَّاعَةِ وَ هُوَ شَرُّ اَلْأَزْمِنَةِ نِسْوَةٌ...

NI IKI UMUGORE YAKORA KUGIRA NGO AKUNDWAKAZWE N’UMUGABO WE?

0
NI IKI UMUGORE YAKORA KUGIRA NGO YIGARURIRE UMUTIMA W'UMUGABO WE? Kubwira umugabo we ko amukunda kandi akabimubwira kenshi. Umugabo ashimishwa no kubona umugore yishimye kubera we. Umugore akwiye gushaka uburyo no guha umwanya umugabo...

Unguka byinshi muri ibi bintu 5 by’ingirakamaro mu mibanire y’abashakanye ( igice 3)

0
Kudacana inyuma. Guca inyuma uwo mwashakanye n'icyaha gikomeye kandi  cyangiza umubano w'abashakanye. Iyo umwe aciye inyuma uwo bashakanye  biba byerekana ko uwo muntu usanze aruta umugore we cyangwa umugabo we, ibyo rero bibabaza uwaciwe...

Kugera ku rwego rwa ikh’las bisaba ko umuntu avana mu mutima we buri kintu...

0
AL IKH’LAS   Al Ikhlas ni kimwe mu bintu by’ingenzi kandi by’ibanze abemeramana bahamagarirwa kandi bashishikarizwa mu nyandiko z’idini zitandukanye! Imana muri Quran itegeka intumwa yayo muri aya magambo iti: فَاعۡبُدِ اللّٰهَ مُخۡلِصًا لَّهُ الدِّيۡنَ اَلَالِلّٰهِ الدِّيۡنُ الۡخَالِصُ Jya...

Ibintu by’ingirakamaro mu mibanire y’abashakanye (igice rya 2):Sobanukirwa uburyo kimwe mu bintu bigira akamaro...

0
  Kimwe mu bintu bigira akamaro mu mibanire y'abashakanye ni ukumenya inshingano zaburi wese.Umugabo n'umugore bafite inshingano zaba izireba umugabo,izireba umugore ndetse n'izo bahuriyeho bose. Zimwe mu nshingano ni izi zikurikira: 1) Inshingano z'umugabo k'umugore we: ...

Ibintu by’ingirakamaro mu mibanire y’abashakanye (igice rya 1)

0
  IBINTU BY'INGIRAKAMARO MU MIBANIRE Y'ABASHAKANYE. Urukundo. Urikundo ni inkingi ya mwamba hagati y'abashakanye, kuko umuryango wubakiye ku rukundo. Iyo hagati yabo ntarukundo ruhari, ntakabuza umuryango urasenyuka kuko icyo wakagombye kuba wubakiyeho kidahari. Urukundo rukenewe ni...

Ibi nibyo umugabo akwiye kumenya ku mugore we n’ibyo akwiye gukora kugira ngo urugo...

0
Ibyo umugabo akwiye kumenya k'umugore n'ibyo yakora kugira ngo urugo rwabo rutere imbere: Umugore akeneye kumvwa no gutegwa amatwi. Mu mibanire y'abantu, iyo ubwiye umuntu ikintu wizeye ko ari ingira kamaro ntagutege amatwi cyangwa ngo...

Gushaka ubumenyi ni itegeko si amahitamo y’umuntu ku giti cye

0
Ubumenyi ni ikintu cy'agaciro gakomeye imbere ya Allah (swt) niyo mpamvu muri Quran harimo imirongo myinshi ishimagiza cyangwa itaka abamenyi. Nta gitangaje mu kuba ibitotsi by'umumenyi biruta ibihagararo n'ibisibo bitari iby'umumenyi kuko ubugandukiramana nyabwo bushingiye...

Inshamake y’ubuzima bwa imamu Hasan Askariy(alayhi salaam)

0
INSHAMAKE Y'UBUZIMA BWA IMAMU HASAN AL ASKARIY (alayhi salaam)   Izina: Hassan Izina bamuhamagaraga: Abu Muhammad Irihimbano: Askariy Se umubyara: Imamu Aliy al Hadiy(alayhi salaam) Nyina: Hudayith Aho yavukiye: Madina ntagatifu Itariki yavutseho: 8 Rabiu Thaniy (umwaka wa 232 Hijiria) Imyaka yamaze ku...

Ibyo umugore agomba kumenya k’umugabo n’ibyo akwiye gukora kugira ngo urugo rwabo rumere neza...

0
Ibyo umugore agomba kumenya k’umugabo n’ibyo akwiye gukora kugira ngo urugo rwabo rumere neza (...igice cya kabiri): Kudahabwa amategeko no kubwirizwa ibyo akora. Abagabo bakunda gukemura ibibazo cyangwa gukora ibyo bakwiye gukora batabibwirijwe cyangwa ngo...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka