test

Tumenye abamenyi bakoresheje umuhate wabo mu gusigasira ubumenyi dufite ubu (igice cya mbere)

0
Tumenye abamenyi bubatse izina muri madh’heb ya shia -1 Kugirango kugeza ubu tube dufite inyigisho zikomoka ku ntumwa y’Imana n’abasigire bayo baziranenge ari bo baimamu cumi na babiri (alayihim salaam), ni uko hari abamenyi bakoresheje...

Ibyo umugore agomba kumenya k’umugabo n’ibyo akwiye gukora kugira ngo urugo rwabo rumere neza...

0
Umuryango mwiza n'imwe mu nkingi z'iterambere z'idini ndetse n'igihugu muri rusange. Kugirango  idini n'igihugu bigire umuryango mwiza,ni uko uwo muryango ubwawo uba ufite ubuzima bwiza kandi kuba mwiza wo ubwawo udategereje abandi bantu bo...

Bimwe mu bikorwa ngandukiramana bikorwa ku munsi wo gukura ikiriyo cya imam Husein alayhi...

0
BIMWE MU BIKORWA NGANDUKIRAMANA BIKORWA KU MUNSI WA ARBAI'IN YA IMAM HUSSAIN (alayhi salaam). Taliki ya makumyabiri z'ukwezi kwa Safar ni wo munsi wo gukura ikiriyo cy'umwuzukuru w'Intumwa y'Imana Imam Hussain alayhi salaam (Arbai'in). Iyo turebye...

Impanuro 7 zikomeye zikomeye tugirwa n’umwuzukuru w’intumwa y’Imana Muhammad

0
Umwe mu buzukuru b'Intumwa y'Imana Muhammad(sallalhu alayhi) ari we Imam Ridhwa (alayhi salaam) yaravuze ati: سَبْعَةُ أَشْيَاءَ بِغَيْرِ سَبْعَةِ أَشْيَاءَ مِنَ الِاسْتِهْزَاءِ: Gukora ibintu birindwi bitagira birindwi bindi ni ukwinnyega. مَنِ اسْتَغْفَرَ بِلِسَانِهِ وَ لَمْ يَنْدَمْ بِقَلْبِهِ...

Ibihembo by’umuntu wiyirije umunsi umwe mu kwezi kwa DHUL HIJJA bingana gute?

0
Mu gihe cy'Intumwa y'Imana Muhammad (swalallahu alayhi) iyo ukwezi kwa Dhul Hijja kwabaga kugeze, abasore b'inkwakuzi bahitaga batangira gusiba. Intumwa yababona bikayishimisha maze ikababwira iti: فَإِنَّ لَکَ بِکُلِّ یَوْمٍ تَصُومُهُ عِدْلَ عِتْقِ رَقَبَةٍ وَ مِائَةِ بَدَنَةٍ...

Inama 5 z’ingirakamaro imam Ali yagiriye umuswahaba we Kumayl

14
Yewe kumayll jya uvugisha ukuri igihe cyose, ukunde abatinya Imana, ujye kure y'abangizi n'abanyabyaha , kandi witondere indyarya, ndetse ntukagirane ubucuti n'abahemu Ubusobanuro buto: Amil almuminina Ali (alayhi salaam) aragira inama eshanu zo kubaho neza umuswahaba...

ISHYARI(2): Ibintu 6 bituma abantu bagirirana ishyari

24
-Ubushize twari twarebeye hamwe umwe mu mico mibi tubuzwa na Allah s.w.t ukaba ari umuco mubi w'ishyali, tubona ko ishyari ari imyumvire n'ibyiyumviro byo kubabazwa n'inema z'abandi ndetse umunyeshyari akumva kandi akifuza ko inema...

Ni gute tugomba gushimira inema twahawe na Nyagasani?

15
Qor’an ntagatifu iragir iti: إنَّ الله لَذُو فَضلٍ عَلَي النَّاسِ وَلَكِنَّ أَكثَرَ النَّاسِ لا يَشكُرُون ❝ Mu by’ukuri Imana Nyagasani ni nyiri kugirira neza abantu bose; ariko abenshi mu bantu ntibajya bashimira ❞ Qor’an 2:243 🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹🔹 Ugushimira Imana nyagasani...

Ese ishyari ni iki? Ese ni izihe ngaruka ziterwa naryo?

3
Imana Nyagasani muri Qor'an ntagatifu iragira iti: وَدَّ كَثِيرٌ مِنْ أَهْلِ الْكِتَابِ لَوْ يَرُدُّونَكُمْ مِنْ بَعْدِ إِيمَانِكُمْ كُفَّارًا حَسَدًا مِنْ عِنْدِ أَنْفُسِهِمْ مِنْ بَعْدِ مَا تَبَيَّنَ لَهُمُ الْحَقُّ ۖ... Surat Al-Baqarah 109 Ayat tumaze gusoma ni ayat...

Ese ni ukuhe kuri umwana agomba nyina umubyara?

0
  Umwuzukuru w’intumwa y’Imana Muhamad(swalallahu alayhi), Zainul Abidin(alayhi salaam) aragira ati: ❝ Ukuri umwana agomba nyina umubyara ni; ukumenya ko hari igihe yagutwise akagutwara ahantu undi muntu wese atabasha kugutwara, kandi ukamenya ko yakugaburiraga imbuto zo...
- Advertisement -

Inkuru ziheruka